Generated by Rank Math SEO, this is an llms.txt file designed to help LLMs better understand and index this website. # RWANDA TRIBUNE ## Sitemaps [XML Sitemap](https://rwandatribune.rw/sitemap_index.xml): Includes all crawlable and indexable pages. ## Posts - [KALEHE: Igisasu Cyahitanye Abaturage 5, FARDC na AFC/M23 baritana bamwana](https://rwandatribune.rw/kalehe-igisasu-cyahitanye-abaturage-5-fardc-na-afc-m23-baritana-bamwana/): Abaturage nibura batanu bapfuye, abandi barakomereka nyuma y’iturika ry’igisasu ryabereye mu gace ka Lumbishi, muri groupement ya Ziralo, territoire ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. - [Impamvu Impeta y’Ubukwe Yambarwa ku Rutoki Rwa Kane rw’Ikiganza cy’Ibumoso](https://rwandatribune.rw/impamvu-impeta-yubukwe-yambarwa-ku-rutoki-rwa-kane-rwikiganza-cyibumoso/): Igihe cyose umuntu yambitse undi impeta y’ubukwe ku rutoki rwa kane, aba akurikije umuco umaze imyaka ibihumbi byinshi ubaho. - [Gisagara: Gitifu wa Kansi Yatawe Muri Yombi Akekwaho Guhishira Uruganda rw’Inzoga Zitujuje Ubuziranenge](https://rwandatribune.rw/gisagara-gitifu-wa-kansi-yatawe-muri-yombi-akekwaho-guhishira-uruganda-rwinzoga-zitujuje-ubuziranenge/): Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, Gasana Isaie, yatawe muri yombi akekwaho kugira uruhare mu guhishira uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge. - [Amerika: Abayobozi b’Ingabo Bibutse Abasirikare Bafite Ibikomere Bitagaragara](https://rwandatribune.rw/amerika-abayobozi-bingabo-bibutse-abasirikare-bafite-ibikomere-bitagaragara/): Abayobozi bakuru ba National Guard Bureau y’Amerika bibutse abasirikare bakomeretse mu bikorwa bya gisirikare, bashimangira ko ibikomere by’intambara bitagarukira ku bikomere bigaragara ku mubiri. - [Ibigo bya RSB,FDA,RICA na MINISANTE byarihe kugirango havuke inganda zirenga 150 zenga inzoga zica Abaturage?](https://rwandatribune.rw/mu-myaka-10-ishize-inzego-zigenzura-ubuziranenge-zari-ziri-he-mu-gihe-inganda-zirenga-150-zakoraga-inzoga-zitujuje-ubuziranenge/): Gufunga inganda zirenga 150 zikora ibinyobwa bisindisha no gufata abantu bakekwaho kubikora, gukwirakwiza no gucuruza inzoga zitujuje ubuziranenge byongeye kuzamura ikibazo kirenze kure ba nyir’izo nganda. - [Abafite Inganda z’Inzoga Zafunzwe Bashobora Gukurikiranwa, Ibihano Bikagera ku Myaka 25](https://rwandatribune.rw/abafite-inganda-zinzoga-zafunzwe-bashobora-gukurikiranwa-ibihano-bikagera-ku-myaka-25/): Abafite n’abayobozi b’inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge bashobora gukurikiranwa n’ubutabera, mu gihe RIB na Polisi bikomeje iperereza ku bantu bakekwaho kugira uruhare mu gukora no gukwirakwiza inzoga zishobora guteza ibibazo ku buzima. - [Burkina Faso, Mali na Niger baburiye Perezida Tinubu wa Nigeria nyuma yo kuvuga ko umutekano muke muri Sahel uri mu bitera ibibazo bya Nigeria](https://rwandatribune.rw/burkina-faso-mali-na-niger-baburiye-perezida-tinubu-wa-nigeria-nyuma-yo-kuvuga-ko-umutekano-muke-muri-sahel-uri-mu-bitera-ibibazo-bya-nigeria/): Umubano wa dipolomasi hagati ya Nigeria n’ibihugu bitatu byo muri Sahel, ari byo Burkina Faso, Mali na Niger, wongeye gukomera nyuma y’uko Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, avuze ko umutekano muke uri muri ibyo bihugu uri mu bituma ibibazo by’umutekano byiyongera muri Nigeria. - [Kabila mu gace kayobowe na AFC/M23: Hari uguhuza kw’inyungu z’igihe runaka n’uburyo bwo gukorana mu buryo bw’amayeri, nk’uko Patrick Mbeko abivuga](https://rwandatribune.rw/kabila-mu-gace-kayobowe-na-afc-m23-hari-uguhuza-kwinyungu-zigihe-runaka-nuburyo-bwo-gukorana-mu-buryo-bwamayeri-nkuko-patrick-mbeko-abivuga/): Umusesenguzi wa politiki Patrick Mbeko yavuze ko kuba Joseph Kabila yarahisemo kuba mu gace kayobowe na AFC/M23 bidakwiye gufatwa nk’ikimenyetso cy’uko yagiranye amasezerano y’ubufatanye bw’igihe kirekire n’uyu mutwe, ahubwo ko ari uguhuza inyungu z’igihe runaka n’uburyo bwo gukorana mu buryo bw’amayeri. - [Umuramyi Dufashwanayo Jeanne Agiye Gutaramira i Nyabihu Muri “Nkoraho Concert”](https://rwandatribune.rw/umuramyi-dufashwanayo-jeanne-agiye-gutaramira-i-nyabihu-muri-nkoraho-concert/): Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dufashwanayo Jeanne, wamamaye nka Jeanne Nayo, agiye guhura n’abakunzi b’umuziki we mu gitaramo gikomeye yise “Nkoraho Concert”, kizabera mu Karere ka Nyabihu. - [TEHRAN:Amakuru akomeye muri Iran: Mojtaba Khamenei yaba yapfuye azize ibikomere?](https://rwandatribune.rw/tehranamakuru-akomeye-muri-iran-mojtaba-khamenei-yaba-yapfuye-azize-ibikomere/): Impungenge ku buzima bw’Umuyobozi Mukuru wa Iran, Mojtaba Khamenei, zikomeje kwiyongera, mu gihe amakuru mashya ataremezwa avuga ko ashobora kuba ari mu marembera cyangwa akaba yaritabye Imana azize ibikomere yagize mu gitero cy’indege. - [Goma:AFC/M23 Yakiriye i Bunagana Abantu 15 Barekuwe na RDC](https://rwandatribune.rw/gomaafc-m23-yakiriye-i-bunagana-abantu-15-barekuwe-na-rdc/): AFC/M23 yatangaje ko yakiriye i Bunagana abantu 15 barekuwe n’ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gihe ibiganiro by’amahoro bya Doha bikomeje. - [Walikare:Hadutse Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 na Wazalendo](https://rwandatribune.rw/walikarehadutse-imirwano-ikomeye-hagati-ya-afc-m23-na-wazalendo/): Imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’abarwanyi ba Wazalendo yabereye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Kanama 2026, mu mudugudu wa Misambo, muri groupement ya Kisimba, territoire ya Walikale, mu ntara ya Nord-Kivu. - [uBurundi bugiye kurimbuka nka Nineve:Padiri Sadiki Kenemana](https://rwandatribune.rw/uburundi-bugiye-kurimbuka-nka-ninevepadiri-sadiki-kenemana/): ibyaha by’ubwicanyi,ubusahuzi nibyo bigiye gutuma igihugu gisenyuka kandi Imana ntishobora kurebera ngo bigume bityo - [RIB yemeje ko Ntihanabayo wa Ingufu Gin n’abandi bakoze ’ibyuma’ bafunzwe](https://rwandatribune.rw/rib-yemeje-ko-ntihanabayo-wa-ingufu-gin-nabandi-bakoze-ibyuma-bafunzwe/): Nyiruruganda NGUFU GIN LTD Ntihabose Samuel n’umwe mu berekanywe na RIB mu bakoraga inzoga zitemewe - [Umunyamakuru wa FOX13 Memphis Yasobanuye Impamvu Yasinziriye Ari Gutangaza Amakuru](https://rwandatribune.rw/umunyamakuru-wa-fox13-memphis-yasobanuye-impamvu-yasinziriye-ari-gutangaza-amakuru/): Umunyamakuru wa televiziyo yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dominique Dillon, ari kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho amugaragaza asinzirira mu gihe yari ari gutangaza amakuru kuri televiziyo. - [Isesengura: APR FC Izajya Gukina i Kinshasa Cyangwa CAF Ishobora Kwimurira Umukino Ahandi?](https://rwandatribune.rw/isesengura-apr-fc-izajya-gukina-i-kinshasa-cyangwa-caf-ishobora-kwimurira-umukino-ahandi/): Nyuma y'uko APR FC itomboye Les Aigles du Congo mu ijonjora ribanza rya CAF Champions League, kimwe mu bibazo bikomeje kwibazwa ni niba koko umukino ubanza uzabera i Kinshasa nk'uko byateganyijwe, cyangwa niba CAF ishobora gufata icyemezo cyo kuwimurira ku kibuga kidafite aho gihuriye n'amakipe yombi. - [Afurika y’Epfo: Abanyamahanga 5 Bakomerekeye Mu Myigaragambyo Yarwanyaga Abimukira Badafite Ibyangombwa](https://rwandatribune.rw/afurika-yepfo-abanyamahanga-5-bakomerekeye-mu-myigaragambyo-yarwanyaga-abimukira-badafite-ibyangombwa/): Abantu batatu b’abanyamahanga bakomeretse ku wa Gatatu muri Afurika y’Epfo nyuma y’uko imyigaragambyo yo kwamagana abimukira badafite ibyangombwa ihindutse urugomo, nk’uko polisi yo mu Ntara ya KwaZulu-Natal yabitangaje. - [Col.Torero Wari Ushinzwe Guhuza Ibikorwa Muri CNRD/FLN Yishwe n’Uwamurindaga Ahungira Muri AFC/M23](https://rwandatribune.rw/col-torero-wari-ushinzwe-guhuza-ibikorwa-muri-cnrd-fln-yishwe-nuwamurindaga-ahungira-muri-afc-m23/): Mu gace ka Shanje ho muri Teritwari ya Kalehe haravugawa igikorwa cy’akasamutwe aho uwari umuhuzabikorwa wa CNRD/FLN Col.Torero yishwe n’umusilikare wamurindaga agahita yirukira muri M23,ibi byateye ubwoba benshi mu barwanyi ba CNRD/FLN na Wazalendo y’uwitwa Gen Kigingi. - [ICRC Yashyikirije AFC/M23 Abantu 15 Bari Bafungiye muri RDC](https://rwandatribune.rw/icrc-yashyikirije-afc-m23-abantu-15-bari-bafungiye-muri-rdc/): Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Croix-Rouge (ICRC) yatangaje ko yorohereje ihererekanya ry’abantu 15 bari bamaze igihe bafungiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashyikirizwa ihuriro AFC/M23. - [IRGC Yatangaje ko Yishe Abarwanyi Bitwaje Intwaro Muri Sistan na Baluchestan](https://rwandatribune.rw/irgc-yatangaje-ko-yishe-abarwanyi-bitwaje-intwaro-muri-sistan-na-baluchestan/): Ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC) zatangaje ko zishe abagize umutwe wose w’abarwanyi bitwaje intwaro mu ntara ya Sistan na Baluchestan, iri mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Iran. - [Lubero: Abantu 5 Barimo Umuforomo Bo Muri Kirumba Bafunzwe na AFC/M23 Bashinjwa Gukorana n’Umudepite Uri i Kinshasa](https://rwandatribune.rw/lubero-abantu-5-barimo-umuforomo-bo-muri-kirumba-bafunzwe-na-afc-m23-bashinjwa-gukorana-numudepite-uri-i-kinshasa/): Abantu batanu bazwi muri Kirumba, agace gaherereye mu majyepfo y’intara ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru, bamaze icyumweru bafungiye mu maboko y’abarwanyi ba AFC/M23. Muri abo harimo n’umuforomo ukorera muri ako gace. - [Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza Mu Butumwa Bwo Kubungabunga Amahoro](https://rwandatribune.rw/uganda-yemeje-kohereza-ingabo-muri-gaza-mu-butumwa-bwo-kubungabunga-amahoro/): Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yatanze uburenganzira bwo kohereza ingabo muri Gaza mu rwego rw’ubutumwa mpuzamahanga bugamije gufasha kugarura umutekano muri aka gace kamaze imyaka kibasiwe n’intambara hagati ya Israel na Hamas. - [FDLR Si Umutwe w’Impunzi, Ni Umutwe Witwaje Intwaro, Yolande Makolo](https://rwandatribune.rw/fdlr-si-umutwe-wimpunzi-ni-umutwe-witwaje-intwaro-yolande-makolo/): Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko umutwe wa FDLR udakwiye gufatwa nk’uw’impunzi cyangwa ngo ukomeze kugirirwa impuhwe za politiki, ahubwo ko ugomba gusenywa hakurikijwe amasezerano y’umutekano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byagiranye. - [Kuki RDC Yahagaritse Kohereza Hanze Copper na Cobalt Bitaratunganywa?](https://rwandatribune.rw/kuki-rdc-yahagaritse-kohereza-hanze-copper-na-cobalt-bitaratunganywa/): Guverinoma ya Congo yashyize imbere kongerera agaciro umutungo kamere imbere mu gihugu. - [RDC: Ikiganiro cy’Igihugu Gisangiwe Gikomeje Kudindira, mu Gihe Inzira yo Guhindura Itegeko Nshinga Irushaho Gufunguka](https://rwandatribune.rw/rdc-ikiganiro-cyigihugu-gisangiwe-gikomeje-kudindira-mu-gihe-inzira-yo-guhindura-itegeko-nshinga-irushaho-gufunguka/): Nubwo ku wa 17 Nyakanga 2026 amadini akomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi yemeye ko hategurwa ikiganiro cy’igihugu gisangiwe, kugeza ubu icyo gikorwa ntikiratangira mu buryo bugaragara. - [U Rwanda Rwongeye Kwakira Abasaba Ubuhungiro 177 Baturutse Muri Libya](https://rwandatribune.rw/u-rwanda-rwongeye-kwakira-abasaba-ubuhungiro-177-baturutse-muri-libya/): U Rwanda rwakiriye abandi basaba ubuhungiro 177 baturutse muri Libya, mu gikorwa cyakozwe ku wa Gatatu tariki ya 5 Kanama 2026 ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR). - [AFC/M23 Yatangaje ko Yashyizeho Urwego Rushya Rushinzwe Ubutabera n’Uburenganzira Bwa Muntu Mu Bice Igenzura](https://rwandatribune.rw/afc-m23-yatangaje-ko-yashyizeho-urwego-rushya-rushinzwe-ubutabera-nuburenganzira-bwa-muntu-mu-bice-igenzura/): Ihuriro Alliance Fleuve Congo-M23 (AFC/M23) ryatangaje icyemezo cyo gushyiraho Umukuru w'Ishami ushinzwe Ubutabera n'Uburenganzira bwa Muntu hamwe n'abamwungirije babiri, mu rwego rivuga ko rugamije gukomeza kubaka no gutunganya inzego z'imiyoborere mu bice rigenzura. - [Intara y’Iburasirazuba: Abayobozi 100 Birukanwe Bazira Gukingira Ikibaba Abakora Inzoga Zitujuje Ubuziranenge](https://rwandatribune.rw/intara-yiburasirazuba-abayobozi-100-birukanwe-bazira-gukingira-ikibaba-abakora-inzoga-zitujuje-ubuziranenge/): Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yatangaje ko abayobozi bagera ku 100 bamaze kwirukanwa bazira uburangare no gukingira ikibaba abakora n'abacuruza inzoga zitujuje ubuziranenge. - [Isesengura: Ni gute hakombaga  kurengerwa ubuzima bw’abaturage, ariko hakanabungabungwa ishoramari ryashowe mu nganda zenga Inzoga?](https://rwandatribune.rw/isesengura-ni-gute-hakombaga-kurengerwa-ubuzima-bwabaturage-ariko-hakanabungabungwa-ishoramari-ryashowe-mu-nganda-zenga-inzoga/): Hagombaga gukosorwa amakosa yakozwe na ba nyiringanda ariko ubuzima bugakomeza ku nyugu za bose ba nyiringanda n’abaturage ba Leta batanga imisoro ndetse n’abazinywa n’abo n’abaturage ba Leta,naho Leta n’umubyeyi wa bose - [Florida: Pasiteri Akurikiranweho Gusambanya Umwana no Kumushyira mu Byago Byo Kwandura HIV](https://rwandatribune.rw/florida-pasiteri-akurikiranweho-gusambanya-umwana-no-kumushyira-mu-byago-byo-kwandura-hiv/): Pasiteri wo muri Leta ya Florida yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 ndetse no kutamumenyesha ko yari afite virusi itera Sida (HIV), ibintu byatumye uwo mwana ahabwa ubuvuzi bwihuse bwo gukumira ko yakwandura. - [Rwanda FDA Yahagaritse Inzoga 52 Zitumizwa Mu Mahanga Zirimo Bond 7, Kiwingu na Konyagi](https://rwandatribune.rw/rwanda-fda-yahagaritse-inzoga-52-zitumizwa-mu-mahanga-zirimo-bond-7-kiwingu-na-konyagi/): Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyafashe icyemezo cyo guhagarika inzoga 52 zitumizwa mu mahanga, zirimo Bond 7, Kiwingu, Konyagi, Gilbey’s n’izindi, mu rwego rwo gukaza ingamba zo kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda. - [Biravugwa ko Nyiri Uruganda Ingufu Gin LTD Yatawe Muri Yombi](https://rwandatribune.rw/biravugwa-ko-nyiri-uruganda-ingufu-gin-ltd-yatawe-muri-yombi/): Nyuma Yuko Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuziranenge bw'Ibiribwa n'Imiti FDA gifunze Inganda Zikora inzoga byagaragaye ko ziri kwangiriza ubuzima bw'abanyarwanda ubu hakurikiyeho gukurikirana ba Nyiri izo nganda. - [Abanyarwanda 302 Batahutswe Bavuye mu Mashyamba ya RDC Aho Bari Barafashwe Bugwate na FDLR](https://rwandatribune.rw/abanyarwanda-302-batahutswe-bavuye-mu-mashyamba-ya-rdc-aho-bari-barafashwe-bugwate-na-fdlr/): U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 302 batahuka bavuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho bari bamaze igihe bari mu mashyamba nyuma yo gufatwa bugwate n’Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR. - [Nyuma y’‘Ibyuma’, u Rwanda Rugiye Guhagurukira Imitobe n’Ibindi Binyobwa Bikekwa Ko Bitujuje Ubuziranenge](https://rwandatribune.rw/nyuma-yibyuma-u-rwanda-rugiye-guhagurukira-imitobe-nibindi-binyobwa-bikekwa-ko-bitujuje-ubuziranenge/): Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko urugamba rwo kurwanya ibinyobwa bishobora guteza ikibazo ku buzima bw’abaturage rugikomeje, aho nyuma yo guhagarika inzoga zizwi nka “Ibyuma” hazakurikiraho igenzura rikomeye ku bindi binyobwa bitujuje ubuziranenge. - [Raporo Igaragaza ko Ishyirwa Mu Bikorwa ry’Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Ryahagaze kuri 35%](https://rwandatribune.rw/raporo-igaragaza-ko-ishyirwa-mu-bikorwa-ryamasezerano-ya-washington-hagati-ya-rdc-nu-rwanda-ryahagaze-kuri-35/): Peace Agreement Barometer yatangaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano y’Amahoro ya Washington yashyizweho umukono hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, ku bufasha bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rikomeje kugenda gahoro kubera kutumvikana gukomeje kugaragara ku bijyanye no gusobanura no gushyira mu bikorwa ibyo impande zombi ziyemeje. - [RDC Igiye Kurekura Imfungwa 15 Zisabwa na AFC/M23](https://rwandatribune.rw/rdc-igiye-kurekura-imfungwa-15-zisabwa-na-afc-m23/): Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko buri mu myiteguro yo kurekura abantu 15 bari ku rutonde rw’abasabwe n’ihuriro AFC/M23, ariko muri bo hakaba hatarimo abigeze gukatirwa urwo gupfa. - [Nelly Mukazayire Yashimiye Rayon Sports Nyuma yo Kugera ku Mukino wa Nyuma wa CECAFA](https://rwandatribune.rw/nelly-mukazayire-yashimiye-rayon-sports-nyuma-yo-kugera-ku-mukino-wa-nyuma-wa-cecafa/): Intsinzi ya Rayon Sports yo gusezerera Jamus SC yo muri Sudani y’Epfo muri ½ cya CECAFA Kagame Cup 2026 yahaye ibyishimo bidasanzwe Abanyarwanda batandukanye, aho bamwe mu bayobozi barimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, bashimiye iyi kipe yongeye kugera ku mukino wa nyuma w’iri rushanwa nyuma y’imyaka 28. - [U Burusiya: Ubuyobozi Bwa Krasnodar Bwatangaje Ko Igitero Cyagabwe Cyahitanye 6 Barimo Abana 3](https://rwandatribune.rw/u-burusiya-ubuyobozi-bwa-krasnodar-bwatangaje-ko-igitero-cyagabwe-cyahitanye-6-barimo-abana-3/): Abantu nibura batandatu, barimo abana batatu, bishwe mu gitero ubuyobozi bw'u Burusiya buvuga ko cyagabwe n'Ukraine mu karere ka Krasnodar, ku nkombe z'Inyanja y'Umukara (Black Sea), mu gihe abandi bagera kuri 40 bakomerekeye muri icyo gitero. - [Ese u Rwanda Rugiye Kwakira Ikigo cy’Abimukira Basubizwa Mu Bihugu Byabo?](https://rwandatribune.rw/ese-u-rwanda-rugiye-kwakira-ikigo-cyabimukira-basubizwa-mu-bihugu-byabo/): Ubutaliyani bwatangaje ko bwatangiye ibiganiro n’u Rwanda ku mugambi wo gushyiraho ikigo kizajya gifasha mu gusubiza abimukira binjira mu Burayi mu buryo butemewe n’amategeko, mu rwego rw’ingamba nshya z’u Burayi zo kwihutisha gusubiza aba bantu mu bihugu bakomokamo. - [Nduhungirehe yanenze “Genocost” ya RDC: “Ntushobora kuvuga Jenoside ukorana n’abayigizemo uruhare”](https://rwandatribune.rw/nduhungirehe-yanenze-genocost-ya-rdc-ntushobora-kuvuga-jenoside-ukorana-nabayigizemo-uruhare/): Umunsi wo ku wa 2 Kanama ukomeje guteza impaka mu karere k’Ibiyaga Bigari, nyuma y’uko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje kuwuharira kwibuka icyo bwita “Genocost”, bugasobanura nk’ubwicanyi bwakorewe Abanye-Congo benshi bazira ubusahuzi bw’umutungo kamere w’igihugu. - [Sudani: Abigometse Kuri RSF Baragenda Biyomora, Ibibazo By’Imbere amu Mutwe Bikomeje Kwiyongera](https://rwandatribune.rw/sudani-abigometse-kuri-rsf-baragenda-biyomora-ibibazo-byimbere-amu-mutwe-bikomeje-kwiyongera/): Mu gihe intambara yo muri Sudani ikomeje hagati y’ingabo za Leta (SAF) n’umutwe wa RSF (Rapid Support Forces), ibimenyetso by’uko uyu mutwe uri guhura n’ibibazo by’imbere biragenda byiyongera, nyuma y’uko bamwe mu bawugize n’abayobozi batangiye kuwuvamo. - [Sudan: Impamvu Amerika Isa n’Itagaragara Mu Ntambara Ikomeje Guhitana Abaturage](https://rwandatribune.rw/sudan-impamvu-amerika-isa-nitagaragara-mu-ntambara-ikomeje-guhitana-abaturage/): Mu gihe intambara yo muri Sudan ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage benshi no guteza ikibazo gikomeye cy’ubutabazi, impaka ziragenda ziyongera ku ruhare rw’ibihugu bikomeye ku isi, cyane cyane Leta Zunze Ubumwe za Amerika. - [RDC: Kabila, Tshisekedi na AFC/M23 Impaka Nshya ku Hazaza h’Igihugu Mu Gihe Intambara Ikomeje](https://rwandatribune.rw/rdc-kabila-tshisekedi-na-afc-m23-impaka-nshya-ku-hazaza-higihugu-mu-gihe-intambara-ikomeje/): Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gushaka inzira yo guhagarika intambara mu burasirazuba bw’igihugu, kongera kugaragara kw’abanyapolitiki bafitanye isano n’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila byongeye kuzamura impaka ku hazaza ha politiki ya Congo. - [RDC Ivuga Ko Iyirukanwa ry’Umusirikare Wayo i Goma Ryabangamiye Ishyirwa Mu Bikorwa ry’Amasezerano y’Agahenge](https://rwandatribune.rw/rdc-ivuga-ko-iyirukanwa-ryumusirikare-wayo-i-goma-ryabangamiye-ishyirwa-mu-bikorwa-ryamasezerano-yagahenge/): Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko iyirukanwa ry'umusirikare wayo wari mu itsinda rishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry'agahenge i Goma ryabangamiye imikorere ya mekanisimu yashyiriweho gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'agahenge hagati ya Kinshasa na AFC/M23. - [Senateri Evode Ati Ntibyumvikana, Imyaka 10 Abantu Bakora Amarozi?](https://rwandatribune.rw/senateri-evode-ati-ntibyumvikana-imyaka-10-abantu-bakora-amarozi/): Senateri Evode yanenze uburyo inganda zimaze imyaka zikora inzoga zitujuje ubuziranenge zitagaragaye hakiri kareSenateri Uwizeyimana Evode yasabye ibisobanuro kuri MINICOM ku buryo inganda zimwe zashoboye kumara imyaka zigikora ibinyobwa bishobora gushyira ubuzima bw’Abanyarwanda mu kaga, nyamara inzego zishinzwe kugenzura zikaba zitarabifatira ingamba hakiri kare. - [Rwanda FDA Yafunze Izindi Nganda 101, Inzoga zakozwe N’Impushya Zabyo Ziteshwa Agaciroa](https://rwandatribune.rw/rwanda-fda-yafunze-izindi-nganda-101-inzoga-zakozwe-nimpushya-zabyo-ziteshwa-agaciroa/): Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse ibikorwa by’izindi nganda 101 zikora ibinyobwa bisembuye, ndetse gitesha agaciro impushya zari zarahawe zo gukora ibyo binyobwa. - [Inzoga z’Uburozi Zahitanye 50 Mu Mezi Atandatu, Leta Izifata Nk’Icyorezo”](https://rwandatribune.rw/inzoga-zuburozi-zahitanye-50-mu-mezi-atandatu-leta-izifata-nkicyorezo/): Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy’inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje guteza impungenge mu Rwanda, nyuma y’uko mu mezi atandatu ya mbere ya 2026 abantu barenga 500 bajyanywe kwa muganga bazize ibibazo byatewe n’izo nzoga, aho 50 muri bo batakaje ubuzima. - [Col Pacifique Kabanda: Insinzi ya USALAMA Ntigomba Gupimirwa Ku Mubare w’Abafashwe Husa](https://rwandatribune.rw/col-pacifique-kabanda-insinzi-ya-usalama-ntigomba-gupimirwa-ku-mubare-wabafashwe-husa/): Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col Pacifique Kabanda, yashimangiye ko intsinzi y’ibikorwa bya USALAMA idakwiye gupimirwa gusa ku mubare w’abafashwe cyangwa uw’ibyafatiriwe, ahubwo ko igomba gushingira ku bufatanye burambye bwubatswe hagati y’ibihugu, iperereza rihuriweho, ibikorwa bihujwe neza, ndetse no ku kwiyemeza guhesha abaturage umutekano usesuye no gucunga neza imipaka. - [Nduhungirehe: FDLR Ntishobora Guhabwa Umwanya Wa Politiki](https://rwandatribune.rw/nduhungirehe-fdlr-ntishobora-guhabwa-umwanya-wa-politiki/): Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko umutwe wa FDLR udashobora guhabwa urubuga rwa politiki, kuko ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. - [RDC: Haracyari Urujijo ku Makuru y’Iyinjira ry’Umuzalendo Ndarumanga Muyololo Mbao Muri AFC/M23](https://rwandatribune.rw/rdc-haracyari-urujijo-ku-makuru-yiyinjira-ryumuzalendo-ndarumanga-muyololo-mbao-muri-afc-m23/): Hari amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Ndarumanga Muyololo Mbao, uvugwa nk'uwari uyoboye umutwe wa Wazalendo Raia Mutomboki ukorera mu gace gahuza uturere twa Walungu, Kabare na Shabunda muri Kivu y'Amajyepfo, yaba yinjiye mu ihuriro rya AFC/M23. - [Rwanda FDA Yahagaritse Inganda 8 Zikora Inzoga, Itegeka Ko Ibicuruzwa Byazo Bikurwa Ku Isoko](https://rwandatribune.rw/rwanda-fda-yahagaritse-inganda-8-zikora-inzoga-itegeka-ko-ibicuruzwa-byazo-bikurwa-ku-isoko/): Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti, Rwanda Food and Drugs Authority (Rwanda FDA), cyatangaje ko hari inganda zikora ibinyobwa bisindisha zafunzwe, ndetse n’ibicuruzwa byazo bigomba gukurwa ku isoko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage. - [Hari ibyo twasabye Leta ya Congo-Kinshasa n’uRwanda nibikunda niho tuzarambika intwaro hasi:Cure Ngoma Umuvugizi wa FDLR](https://rwandatribune.rw/hari-ibyo-twasabye-leta-ya-congo-kinshasa-nurwanda-nibiunda-niho-tuzarambika-intwaro-hasicure-ngoma-umuvugizi-wa-fdlr/): Umutwe wa FDLR uvuga ko ibyatangajwe na Leta ya Congo byo kurambika intwaro hasi Atari ibyako kanya kuko hari ibyo wasabye bitarubahirizwa - [Macky Sall yahuye n’imbogamizi  ikomeye mu rugendo rwo gusimbura Guterres kuri Loni](https://rwandatribune.rw/macky-sall-yahuye-nimbogamizi-ikomeye-mu-rugendo-rwo-gusimbura-guterres-kuri-loni/): NEW YORK — Uwahoze ari Perezida wa Senegal, Macky Sall, ntabwo yabonye umusaruro wari witezwe mu itora ry’ibanze ryakozwe mu Nama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye, mu gihe ashaka kuyobora Loni guhera mu 2027. - [Iminsi 2510 irasize uwari umugaba mukuru wa FDLR/FOCA Lt.Gen Mudacumura Sylvestre yishwe](https://rwandatribune.rw/iminsi-2510-irasize-uwari-umugaba-mukuru-wa-fdlr-foca-lt-gen-mudacumura-sylvestre-yishwe/): Urupfu rwa Lt.Gen Mudacumura Sylvestre wahoze ari umugaba mukuru wa FOCA rwasize ibihanga mu mutwe wa FDLR - [Impinduka Nshya Mu Burezi: TTC Zigiye Kwigwamo Imyaka Itanu, Amafaranga y’Ishuri Yiyongere, Gukaza Amategeko Ku Myitwarire](https://rwandatribune.rw/impinduka-nshya-mu-burezi-ttc-zigiye-kwigwamo-imyaka-itanu-amafaranga-yishuri-yiyongere-gukaza-amategeko-ku-myitwarire/): Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje impinduka zitandukanye zizatangira gushyirwa mu bikorwa mu mwaka w’amashuri wa 2026-2027, zirimo ivugururwa ry’amasomo yigishwa mu mashuri nderabarezi (TTC), kongera ubushobozi bw’abarimu bigisha mu mashuri abanza, kongera amafaranga agenerwa ibigo by’amashuri ndetse n’ivugururwa ry’imisanzu itangwa n’ababyeyi. - [FPR Inkotanyi Yifatanyije na PL Mu Kababaro Ko Kubura Donatille Mukabalisa](https://rwandatribune.rw/fpr-inkotanyi-yifatanyije-na-pl-mu-kababaro-ko-kubura-donatille-mukabalisa/): Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko wifatanyije mu kababaro n’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu (PL) ndetse n’umuryango wa Nyakubahwa Senateri Donatille Mukabalisa, witabye Imana ku wa Kane tariki ya 30 Nyakanga 2026. - [Abakoresha Imbuga Nkoranyambaga mu Rwanda Bakomeje Kwibaza Impamvu Batarabona Monetization?](https://rwandatribune.rw/abakoresha-imbuga-nkoranyambaga-mu-rwanda-bakomeje-kwibaza-impamvu-batarabona-monetization/): Mu gihe urubyiruko rw'u Rwanda rukomeje kwiyongera mu gukora ibikubiyemo (content creation) ku mbuga nkoranyambaga, ikibazo cyo kutabasha kwinjiza amafaranga binyuze muri serivisi za monetization gikomeje kuba kimwe mu bibazo bivugisha benshi. Mu minsi ibiri ishize, iki kibazo cyongeye gufata intera ku rubuga X, aho umwe mu bakoresha uru rubuga yasabye ibisobanuro ku cyerekezo cy'iki kibazo, ashimangira ko cyagakwiye kuba cyarakemutse. - [RDC: Ese AFC/M23 Izitabira Ibiganiro Bya Tshisekedi?](https://rwandatribune.rw/rdc-ese-afc-m23-izitabira-ibiganiro-bya-tshisekedi/): Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yafunguye urugi rw’ibiganiro bya politiki bigamije gushakira igihugu umuti w’ibibazo bimaze igihe bigihungabanya, ariko haracyari ikibazo gikomeye cy’uko AFC/M23 izagira uruhare uruhe muri iyo nzira. - [Ingabo z’u Rwanda Zungutse Abasirikare Bashya Barangije Amahugurwa y’Ibanze Ya Gisirikare i Nasho](https://rwandatribune.rw/ingabo-zu-rwanda-zungutse-abasirikare-bashya-barangije-amahugurwa-yibanze-ya-gisirikare-i-nasho/): Ingabo z'u Rwanda (RDF) zakiriye mu muryango wazo icyiciro gishya cy'abasirikare barangije amahugurwa y'ibanze ya gisirikare yamaze amezi atandatu, yabereye mu Kigo cy'Amahugurwa cya Gisirikare cya Nasho (Basic Military Training Centre) giherereye mu Karere ka Kirehe. - [Uwiyamamarije Umwanya wa Perezida mu 2024, Hakizimana Innocent, Ari Mu Maboko y’Ubugenzacyaha](https://rwandatribune.rw/uwiyamamarije-umwanya-wa-perezida-mu-2024-hakizimana-innocent-ari-mu-maboko-yubugenzacyaha/): Hakizimana Innocent, wamenyekanye cyane mu mwaka wa 2024 ubwo yashakaga kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika, yafashwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku wa 30 Nyakanga 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu bifitanye isano no gukoresha ikoranabuhanga mu buryo bunyuranyije n’amategeko. - [Nyambo Jesca Yasezeranye Mu Mategeko na Uwiragiye Richard Uba Muri Australia](https://rwandatribune.rw/nyambo-jesca-yasezeranye-mu-mategeko-na-uwiragiye-richard-uba-muri-australia/): Umukinnyi wa sinema nyarwanda Nyambo Jesca yasezeranye imbere y’amategeko na Uwiragiye Richard, nyuma y’igihe gito uyu musore amwambitse impeta amusaba kuzamubera umugore. - [Perezida Kagame Yagize Brig Gen Munyengango Umuyobozi Mukuru wa ATL](https://rwandatribune.rw/perezida-kagame-yagize-brig-gen-munyengango-umuyobozi-mukuru-wa-atl/): Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagize Brig Gen Innocent Munyengango Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ishinzwe serivisi z’ubwikorezi bwo mu kirere, ATL (Aviation Travel and Logistics), mu gihe Jules Muheto Ndenga yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe guhuza ibikorwa byo guteza imbere umushinga wa Airport City. - [Perezida Kagame Yakiriye Intumwa z’Abadepite Bo Muri Amerika, Baganira ku Kwagura Ubufatanye](https://rwandatribune.rw/perezida-kagame-yakiriye-intumwa-zabadepite-bo-muri-amerika-baganira-ku-kwagura-ubufatanye/): Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa zaturutse mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziyobowe na Depite Brett Guthrie, Perezida wa Komisiyo ishinzwe Ingufu n’Ubucuruzi mu Nteko y’Abadepite. - [Minisitiri Habimana Yasabye Imbaraga Zihuriweho mu Huhangana n’Inzoga Zitujuje Ubuziranenge](https://rwandatribune.rw/minisitiri-habimana-yasabye-imbaraga-zihuriweho-mu-huhangana-ninzoga-zitujuje-ubuziranenge/): Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yatangaje ko Guverinoma ikomeje gushyira imbaraga mu kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge zikomeje guteza ingaruka zikomeye ku buzima bw’Abanyarwanda. - [Yolande Makolo: Amasezerano ya Washington Si Ugushyikirana Na FDLR](https://rwandatribune.rw/yolande-makolo-amasezerano-ya-washington-si-ugushyikirana-na-fdlr/): Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington agamije kurandura umutwe wa FDLR burundu, aho kuyinjiza mu biganiro cyangwa kuyifata nk’umutwe ugomba kugirirwa ubwumvikane bwo gushyira intwaro hasi ku bushake. - [Ambasaderi Joseph Nzabamwita yemerewe guhagararira u Rwanda muri Belarus](https://rwandatribune.rw/ambasaderi-joseph-nzabamwita-yemerewe-guhagararira-u-rwanda-muri-belarus/): Maj. Gen (Rtd) Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Belarus, Aleksandr Lukashenko, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu nka Ambasaderi utahafite icyicaro. - [Rutshuru: Abantu Bane Barimo Umuyobozi w’Agace Kari mu Buyobozi Bwa M23 Bishwe Batezwe Igico i Kasheshero](https://rwandatribune.rw/rutshuru-abantu-bane-barimo-umuyobozi-wagace-kari-mu-buyobozi-bwa-m23-bishwe-batezwe-igico-i-kasheshero/): Abantu bane, barimo umuyobozi w’agace ka Kirima kari mu buyobozi bwa M23, bishwe mu gico cyabaye mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 28 Nyakanga 2026 i Kasheshero, mu itsinda rya Mutanda, ubuyobozi bwa Bwito, mu karere ka Rutshuru muri Nord-Kivu. - [RDB yahagaritse uruhushya rwa Forzza rwo gutegura imikino y’amahirwe](https://rwandatribune.rw/rdb-yahagaritse-uruhushya-rwa-forzza-rwo-gutegura-imikino-yamahirwe/): Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangaje ko rwahagaritse, guhera ako kanya, uruhushya rwemereraga sosiyete Baron Sports Gaming Ltd, izwi ku izina rya Forzza, gukora ibikorwa by'imikino y'amahirwe mu Rwanda. Iki cyemezo cyatangiye kubahirizwa ako kanya nk'uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDB. - [Nyuma y’Igihe Bihagaritswe, Ibitangazamakuru Bya Nation Media Group Byongeye Gukorera Muri Uganda](https://rwandatribune.rw/nyuma-yigihe-bihagaritswe-ibitangazamakuru-bya-nation-media-group-byongeye-gukorera-muri-uganda/): Ibikorwa by’itsinda ry’ibitangazamakuru Nation Media Group (NMG) bikorera muri Uganda byongeye gusubukurwa nyuma y’ukwezi hafi bihagaritswe, nyuma y’uko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yemeye ko byongera gukora. - [Nyamagabe: Visi Meya yatawe muri yombi akurikiranyweho guhishira ihohoterwa rishingiye ku gitsina](https://rwandatribune.rw/nyamagabe-visi-meya-yatawe-muri-yombi-akurikiranyweho-guhishira-ihohoterwa-rishingiye-ku-gitsina/): Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Nyamagabe ushinzwe imibereho myiza, Uwamariya Agnes, akurikiranyweho icyaha cyo kutamenyekanisha icyaha cy’ubugome. - [Kigali Yabaye Kimwe Mu Bigo Amerika Izajya Itangirizamo Visa Muri Afurika](https://rwandatribune.rw/kigali-yabaye-kimwe-mu-bigo-amerika-izajya-itangirizamo-visa-muri-afurika/): Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko guhera ku wa 1 Kanama 2026 izatangira gushyira mu bikorwa gahunda nshya ivugurura uburyo visa zitangwamo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, bikazatuma serivisi zisanzwe zitangirwa muri ambasade na konsila nyinshi zihagarikwa. - [Senateri Mukabalisa Donatille Wari Perezida Wa PL Yapfuye](https://rwandatribune.rw/senateri-mukabalisa-donatille-wari-perezida-wa-pl-yapfuye/): Amakuru aturuka mu bantu bari hafi ya Senateri Mukabalisa Donatille aravuga ko yitabye Imana nyuma y’igihe arwariye mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal. - [Trump Ashaka Guha Igihembo Ryder Williams Warokoye Umwana Wari Ugiye Kurohama](https://rwandatribune.rw/trump-ashaka-guha-igihembo-ryder-williams-warokoye-umwana-wari-ugiye-kurohama/): Mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika haravugwa cyane inkuru y’umusore w’imyaka 16 witwa Ryder Williams, wakoze igikorwa cy’ubutwari cyo gutabara umwana wari ugiye kurohama mu nyanja ya California. - [Masisi: Igitero Kivugwa ko Cyagabwe na Drone ku Birindiro Bya AFC-M23 Cyakangaranyije Abaturage Ba Nyabiondo](https://rwandatribune.rw/masisi-igitero-kivugwa-ko-cyagabwe-na-drone-ku-birindiro-bya-afc-m23-cyakangaranyije-abaturage-ba-nyabiondo/): Abaturage bo mu gace ka Nyabiondo, muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bagize ubwoba bukomeye nyuma y’igiturika gikomeye cyabereye ahari hafashwe n’inyeshyamba za AFC-M23 ku wa Kabiri tariki ya 28 Nyakanga 2026. - [RDC: Miliyari Hafi 4$ Zashowe Mu Nzego z’Umutekano Mu 2025](https://rwandatribune.rw/rdc-miliyari-hafi-4-zashowe-mu-nzego-zumutekano-mu-2025/): Banki Nkuru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (BCC) yagaragaje ko amafaranga yashowe mu gisirikare no mu zindi nzego z’umutekano z’iki gihugu yikubye inshuro zirenga ebyiri, agera kuri miliyari 3,92 z’Amadolari ya Amerika mu 2025. - [Loni yahaye u Rwanda miliyoni 2 z’Amadolari yo gukaza ingamba zo kwirinda Ebola](https://rwandatribune.rw/loni-yahaye-u-rwanda-miliyoni-2-zamadolari-yo-gukaza-ingamba-zo-kwirinda-ebola/): Umuryango w'Abibumbye (Loni) wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 2 z'Amadolari ya Amerika (arenga miliyari 2,9 Frw) kugira ngo rukomeze kongerera imbaraga ndetse gukumira icyorezo cya Ebola, mu gihe iki cyorezo gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). - [U Rwanda Rwamaganye Amasezerano ya RDC na FDLR, Ruvuga ko Anyuranye n’Intego z’Amasezerano ya Washington](https://rwandatribune.rw/u-rwanda-rwamaganye-amasezerano-ya-rdc-na-fdlr-ruvuga-ko-anyuranye-nintego-zamasezerano-ya-washington/): Guverinoma y'u Rwanda yavuze ko amasezerano aherutse gusinywa hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n'umutwe wa FDLR adahuye n'ibikubiye mu Masezerano ya Washington, ashimangira ko ayo masezerano mpuzamahanga yashyizweho agamije gusenya no gukuraho burundu ubushobozi bwa gisirikare bw'uwo mutwe, aho kuwushyira mu biganiro bya politiki. - [Vatikani: Papa Léon XIV Yagennye Musenyeri Salvatore Cordileone mu Rukiko rw’Ikirenga rwa Kiliziya](https://rwandatribune.rw/vatikani-papa-leon-xiv-yagennye-musenyeri-salvatore-cordileone-mu-rukiko-rwikirenga-rwa-kiliziya/): Papa Léon XIV yagennye Arikiyepisikopi wa San Francisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Musenyeri Salvatore Joseph Cordileone, kuba umwe mu bagize Urukiko rw'Ikirenga rwa Kiliziya Gatolika (Supreme Tribunal of the Apostolic Signatura), icyemezo cyakiriwe neza n'Abagatolika bakurikiza amahame gakondo ya Kiliziya. - [Zelensky Ashimangira Umubano na Trump, Anabona Insinzi Muri Sena ya Amerika](https://rwandatribune.rw/zelensky-ashimangira-umubano-na-trump-anabona-insinzi-muri-sena-ya-amerika/): Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ari mu ruzinduko rw'iminsi ibiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rugamije gukomeza kunoza umubano we na Perezida Donald Trump no gushimangira inkunga Washington ikomeje guha Kyiv mu ntambara ihanganyemo n'u Burusiya. - [Tshisekedi Yegerejwe Amahirwe Mashya Nyuma yo Kwemezwa Kw’Itegeko Rya Kamarampaka](https://rwandatribune.rw/tshisekedi-yegerejwe-amahirwe-mashya-nyuma-yo-kwemezwa-kwitegeko-rya-kamarampaka/): Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwemeje ko itegeko rigena uburyo bwo gutegura amatora ya kamarampaka rihuye n’Itegeko Nshinga ry’igihugu. - [RDRC Yongeye Guhuza Abana Bahoze mu Mitwe Yitwaje Intwaro n’Imiryango Yabo](https://rwandatribune.rw/rdrc-yongeye-guhuza-abana-bahoze-mu-mitwe-yitwaje-intwaro-nimiryango-yabo/): Mu rwego rwo gukomeza gufasha abana bahoze bakoreshwa n’imitwe yitwaje intwaro kongera kwisanga mu buzima busanzwe, Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe Abahoze ari Abasirikare (RDRC) kuri uyu wa 28 Nyakanga 2026 yahuje bamwe muri abo bana n’imiryango yabo mu muhango wabereye ku Kigo cya Mutobo giherereye mu Karere ka Musanze. - [Kwima Impunzi Gutaha ni Byo Byatumye Dutangiza Urugamba Rwo Kubohora u Rwanda, Perezida Kagame](https://rwandatribune.rw/kwima-impunzi-gutaha-ni-byo-byatumye-dutangiza-urugamba-rwo-kubohora-u-rwanda-perezida-kagame/): Perezida Paul Kagame yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye we na bagenzi be bafata icyemezo cyo gutangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda ari uko ubutegetsi bwa Habyarimana Juvénal bwakomeje kwima impunzi z’Abanyarwanda uburenganzira bwo gusubira mu gihugu cyazo. - [Zelenskyy Yageze Muri Amerika Mu Gihe Ukraine n’u Burusiya Bikomeje Intambara y’Amadrone](https://rwandatribune.rw/zelenskyy-yageze-muri-amerika-mu-gihe-ukraine-nu-burusiya-bikomeje-intambara-yamadrone/): Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ateganya kugirana ibiganiro na Perezida Donald Trump, mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya ikomeje kurangwa n’ibitero by’amadrone no gushaka uburyo bwo kongera ubufasha bwa gisirikare. - [Politiki:Raporo ya Dr.Gasana na Dr.Nkiko Ivuga Kuhazaza Ho Gusesa Igisilikare Cya RDF Nkuko Byagenze Muri Costa Rica Yakuruye Impaka](https://rwandatribune.rw/politikiraporo-ya-dr-gasana-na-dr-nkiko-ivuga-kuhazaza-ho-gusesa-igisilikare-cya-rdf-nkuko-byagenze-muri-costa-rica-yakuruye-impaka/): Dr.Gasana James na Dr Nkiko bigaragaje nk’abana b’ibitambambuga k’umutekano w’uRwanda nyuma y’icyiswe Raporo Démilitariser le Rwanda : À l’exemple du Costa Rica. - [Trump na Netanyahu Bagiye Kuganira ku Kohereza Umutwe Mpuzamahanga Muri Gaza Urimo n’Ingabo Za Uganda](https://rwandatribune.rw/trump-na-netanyahu-bagiye-kuganira-ku-kohereza-umutwe-mpuzamahanga-muri-gaza-urimo-ningabo-za-uganda/): Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, barahura muri White House mu biganiro byitezweho kwibanda ku kibazo cya Iran, Gaza ndetse n’ejo hazaza h’umutekano muri Palestine. - [Addis Ababa: Hatangiye Inama ya 49 y’Akanama ka AU, Afurika Isabwa Kongera Ubushobozi Bwo Guhangana n’Ibibazo By’Isi](https://rwandatribune.rw/addis-ababa-hatangiye-inama-ya-49-yakanama-ka-au-afurika-isabwa-kongera-ubushobozi-bwo-guhangana-nibibazo-byisi/): Kuri uyu wa Kabiri, i Addis Ababa muri Ethiopia hatangiye Inama isanzwe ya 49 y'Akanama k'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), yitabiriwe n'abaminisitiri b'ububanyi n'amahanga b'ibihugu binyamuryango ndetse n'abayobozi ba komisiyo zitandukanye za AU. - [Amerika Yatangaje ko Abasirikare Bayo 18 Bamaze Kugwa mu Ntambara na Iran, Abarenga 624 Barakomereka](https://rwandatribune.rw/amerika-yatangaje-ko-abasirikare-bayo-18-bamaze-kugwa-mu-ntambara-na-iran-abarenga-624-barakomereka/): Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umubare w'abasirikare bayo bamaze kugwa mu ntambara ihanganyemo na Iran wageze kuri 18, mu gihe abandi 624 bamaze gukomereka kuva iyi ntambara yatangira ku wa 28 Gashyantare 2026. - [Ubufaransa Bwashyigikiye Ibiganiro by’Igihugu Bihuriweho na Bose Biteganyijwe muri RDC](https://rwandatribune.rw/ubufaransa-bwashyigikiye-ibiganiro-byigihugu-bihuriweho-na-bose-biteganyijwe-muri-rdc/): U Bufaransa bwatangaje ko bushyigikiye gahunda yo gutegura ibiganiro by’igihugu bihuriweho n’impande zose muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), byatangajwe na Perezida Félix Tshisekedi mu rwego rwo gushakira umuti ibibazo igihugu gihanganye na byo. - [Urukiko rwa Cassation rwasubitse urubanza rwa Constant Mutamba kugeza ku wa 31 Nyakanga](https://rwandatribune.rw/urukiko-rwa-cassation-rwasubitse-urubanza-rwa-constant-mutamba-kugeza-ku-wa-31-nyakanga/): Urukiko rwa Cassation muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwasubitse kugeza ku wa Gatanu tariki ya 31 Nyakanga 2026 ikomeza ry’iperereza mu rubanza ruregwamo uwahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, hamwe n’abo bareganwa, bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta. - [FARDC Zatangaje Ko Zafashe Umuyobozi Wa Mobondo “Odon” n’Abarinzi Be Barindwi](https://rwandatribune.rw/fardc-zatangaje-ko-zafashe-umuyobozi-wa-mobondo-odon-nabarinzi-be-barindwi/): Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zafashe Odon, umwe mu bayobozi b’umutwe witwaje intwaro wa Mobondo, hamwe n’abarinzi be barindwi mu gikorwa cya gisirikare cyabereye mu gace ka Kwamouth, mu ntara ya Maï-Ndombe. - [RDC: Amasezerano y’Amabuye Hagati ya Amerika na Kinshasa Yatangiye Gutakarizwa Icyizere](https://rwandatribune.rw/rdc-amasezerano-yamabuye-hagati-ya-amerika-na-kinshasa-yatangiye-gutakarizwa-icyizere/): Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugaragaza amasezerano y'ubufatanye mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro yagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk'intambwe ikomeye izafasha igihugu gukurura ishoramari no kongera agaciro ku mutungo kamere, bamwe mu basesenguzi batangiye kwibaza niba ibyo byari byitezwe bizagerwaho. - [RDC: Ubufaransa Bushinja ko Coltan Yo Muri Rubaya Ikoreshwa Mu Gutera Inkunga M23, Uusaba Loni Kongera Ingamba](https://rwandatribune.rw/rdc-ubufaransa-bushinja-ko-coltan-yo-muri-rubaya-ikoreshwa-mu-gutera-inkunga-m23-uusaba-loni-kongera-ingamba/): Ubucukuzi bwa coltan yo mu birombe bya Rubaya, muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bukomeje kuba intandaro y’impaka mu bibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). - [Ese “Ibiganiro Mu Bindi Biganiro” ni Bimwe Mu Bituma Amahoro Atinda Kugaruka Mu Burasirazuba bwa RDC?](https://rwandatribune.rw/ese-ibiganiro-mu-bindi-biganiro-ni-bimwe-mu-bituma-amahoro-atinda-kugaruka-mu-burasirazuba-bwa-rdc/): Mu gihe hashize imyaka myinshi hakorwa ibiganiro bigamije kurangiza amakimbirane mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), amahoro arambye aracyari kure. - [Ese Iyirukanwa Rya Karim Khan Rifitanye Isano n’Impapuro zo Guta Muri Yombi Benjamin Netanyahu?](https://rwandatribune.rw/ese-iyirukanwa-rya-karim-khan-rifitanye-isano-nimpapuro-zo-guta-muri-yombi-benjamin-netanyahu/): Mu iyirukanwa ry'uwari Umushinjacyaha wa ICC, Karim Khan, hari abakomeje kuvuga ko hashobora kuba haragize uruhare igitutu cya Israel nyuma y'impapuro zo guta muri yombi Benjamin Netanyahu, nubwo kugeza ubu nta bimenyetso bifatika birabyemeza. - [Indonesia: Guverineri wa Banki Nkuru Perry Warjiyo Yeguye Bitunguranye, Isoko ry’Imari Rihita Rihungabana](https://rwandatribune.rw/indonesia-guverineri-wa-banki-nkuru-perry-warjiyo-yeguye-bitunguranye-isoko-ryimari-rihita-rihungabana/): Guverineri wa Banki Nkuru ya Indonesia (Bank Indonesia), Perry Warjiyo, yeguye ku mirimo ye mu buryo butunguranye, ibintu byateje impungenge ku bashoramari no ku isoko ry'imari, aho bamwe mu bahanga bavuga ko bishobora gushyira mu kaga ubwigenge bw'iyi banki. - [Gen. Muhoozi Yasuye Imishinga y’Ibikorwa Remezo Ikomeye Iri Kubakwa i Kigali](https://rwandatribune.rw/gen-muhoozi-yasuye-imishinga-yibikorwa-remezo-ikomeye-iri-kubakwa-i-kigali/): Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda ndetse n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasuye ibikorwa remezo bitandukanye biri kubakwa mu Mujyi wa Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye mu Rwanda. - [RDC: Uganda Yahaye Akarere ka Aru Imbangukiragutabara Eshanu n’Ibikoresho byo Kwa Muganga Mu Kurwanya Ebola](https://rwandatribune.rw/rdc-uganda-yahaye-akarere-ka-aru-imbangukiragutabara-eshanu-nibikoresho-byo-kwa-muganga-mu-kurwanya-ebola/): Mu rwego rwo gukomeza ubufatanye mu by'ubuzima hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na Uganda, Guverinoma ya Uganda yahaye Akarere gashinzwe ubuzima ka Aru, gaherereye mu Ntara ya Ituri, imbangukiragutabara eshanu n'ibikoresho bitandukanye byo kwa muganga bigamije kongerera imbaraga ibikorwa byo gukumira no kurwanya icyorezo cya Ebola. - [RDC: Martin Fayulu Yashinjije CNDH Kubogama Mu Iperereza Ku Myigaragambyo Yakomerekeyemo](https://rwandatribune.rw/rdc-martin-fayulu-yashinjije-cndh-kubogama-mu-iperereza-ku-myigaragambyo-yakomerekeyemo/): Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yamaganye raporo yakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (CNDH) ku myigaragambyo yabaye muri Kamena 2026, ayishinja kutavuga ukuri no kubogama. - [Gen Mubarakh Muganga Yahamagariye Abafana ba APR FC Kwirinda Kuvugiriza Induru Rayon Sports](https://rwandatribune.rw/gen-mubarakh-muganga-yahamagariye-abafana-ba-apr-fc-kwirinda-kuvugiriza-induru-rayon-sports/): Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro Wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga, yasabye abafana ba APR FC kwirinda imyitwarire yo kuvugiriza induru Rayon Sports mu mukino wayo wa CECAFA Kagame Cup, avuga ko bidakwiranye n’umuco w’Abanyarwanda. - [Yaoundé Kanyankore Gilbert, Umunyabigwi Mu Mupira w’Amaguru Mu Rwanda no Mu Burundi, Yitabye Imana](https://rwandatribune.rw/yaounde-kanyankore-gilbert-umunyabigwi-mu-mupira-wamaguru-mu-rwanda-no-mu-burundi-yitabye-imana/): Kanyankore Gilbert wamamaye ku izina rya "Yaoundé", umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry'umupira w'amaguru mu Rwanda no mu Burundi, yitabye Imana afite imyaka 72 y'amavuko. ## Pages - [Thank You](https://rwandatribune.rw/thank-you/): If you have just made a membership payment then your payment is yet to be processed. Please check back in a few minutes. An email will be sent to you with the details shortly. - [Password Reset](https://rwandatribune.rw/membership-login/password-reset/): Email Address Processing password reset request... - [Profile](https://rwandatribune.rw/membership-login/membership-profile/): You are not logged in. - [Member Login](https://rwandatribune.rw/membership-login/): Username or Email Password Remember Me Forgot Password? Join Us - [Registration](https://rwandatribune.rw/membership-join/membership-registration/): Free membership is disabled on this site. Please make a payment from the Join Us page to pay for a premium membership. - [Join Us](https://rwandatribune.rw/membership-join/): This page and the content has been automatically generated for you to give you a basic idea of how a "Join Us" page should look like. You can customize this page however you like it by editing this page from your WordPress page editor. - [Sample Page](https://rwandatribune.rw/sample-page/): This is an example page. It's different from a blog post because it will stay in one place and will show up in your site navigation (in most themes). Most people start with an About page that introduces them to potential site visitors. It might say something like this: - [News](https://rwandatribune.rw/news/) - [Rwanda Tribune](https://rwandatribune.rw/): Igihe cyose umuntu yambitse undi impeta y’ubukwe ku rutoki rwa kane, aba akurikije umuco umaze imyaka ibihumbi byinshi ubaho. Ariko hari ikintu gitangaje: imwe mu mpamvu zikomeye zatumye iyo mpeta… - [History](https://rwandatribune.rw/history/): Modern technology has become a total phenomenon for civilization, the defining force of a new social order in… - [My Saves](https://rwandatribune.rw/my-saves/): Modern technology has become a total phenomenon for civilization, the defining force of a new social order in which efficiency… - [My Interests](https://rwandatribune.rw/my-interests/): Add interests to personalize your feed - [My Feed](https://rwandatribune.rw/my-feed/): We are just an advanced breed of monkeys on a minor planet of a very average star. But we can… - [Contact](https://rwandatribune.rw/contact/): Error: Contact form not found. ## Ruby Templates - [Rwanda Tribune Header](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-header): Wednesday, 1 Jul 2026 - [Rwanda Tribune Category](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-category): We are just an advanced breed of monkeys on a minor planet of a very average star. But we can understand the Universe. That makes us something very special. - [Rwanda Tribune Footer](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-footer): RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news. - [Rwanda Tribune](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune): edit Insights and Tips for Robust Health and Vitality By Grant Gazetteer edit Discovering Harmony in Mental, Emotional, and Physical Health By Grant Gazetteer edit Crafting Daily Habits for Long-term Health and Happiness By Grant Gazetteer edit Harnessing the Body’s Natural Processes for Lifelong Health By Grant Gazetteer edit Cultivating Mental Resilience for Better Health Sponsored by edit Building a Foundation for Sustainable Health and Longevity By Fiona Factfinder - [Rwanda Tribune Mega Opinion](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-mega-opinion): Opinions That Analyze, Critique, and Insights Into Policy Matters By Grant Gazetteer Opinions That Illuminate Nuances and Assumptions in the Political By Serena Storyteller Opinions That Shape, Challenge, and Influence the Direction By Serena Storyteller That Bridge Borders and Offer Insights Into International By Serena Storyteller Challenge and Inspire Future of Political Thought By Grant Gazetteer Analyzing the Intersection of Politics and Societal Impact By Zephyr Pulse - [Rwanda Tribune Archive](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-archive): No found posts, Please add a new post for this query or change the block settings: Edit Page - [Rwanda Tribune Blog](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-news): We are just an advanced breed of monkeys on a minor planet of a very average star. But we can understand the Universe. That makes us something very special. - [Rwanda Tribune Politics](https://rwandatribune.rw/?rb-etemplate=rwanda-tribune-politics): edit Analyzing Global Dynamics and Unraveling Key Policy Initiatives By Zephyr Pulse edit Evaluating the Fragile Balance of Political Systems Worldwide By Zephyr Pulse edit Examining the Intersection of Ecology, Governance, and Politica By Zephyr Pulse edit Power Plays and Unresolved Conflicts Across the Global By Zephyr Pulse edit Economic Policies and Their Global Implications in Politics By Zephyr Pulse edit Examining the Influence of Media and Rhetoric on Public Opinion By Zephyr Pulse