Thursday, 20 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Danimarike Yohereje Bwa Mbere Abasirikare Batojwe Muri Greenland
Ese Ndayishimiye Guhoza Akarenge Kwa Tshisekedi Bivuze Iki?
APR FC na Les Aigles du Congo: Umutekano n’Amarushanwa ya CAF, ni Iki Kigomba Kubanziriza Ibindi?
Abadepite 54 bo muri Amerika basabye Trump kurushaho gusobanura amasezerano ya RDC ku mabuye y’agaciro
Fizi: Igitero Cya Drones Cyibasiye Hotel Mwalu, Abantu 2 Barakomereka
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > MU MAHANGA > Guverinoma Ya Guinée Équatoriale Yeguye Yose Nyuma yo Kunanirwa Kuzuza Inshingano
MU MAHANGAPOLITIKE

Guverinoma Ya Guinée Équatoriale Yeguye Yose Nyuma yo Kunanirwa Kuzuza Inshingano

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: June 21, 2026 11:27 am
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Guverinoma yose ya Guinée équatoriale yeguye ku mirimo yayo nyuma yo kunengwa ko yananiwe kugera ku ntego yari yarahawe, aho raporo igaragaza ko yari imaze gushyira mu bikorwa 10% gusa by’ibyari biteganyijwe.

Aya makuru yemejwe na Visi Perezida wa Guinée équatoriale, Teodoro Nguema Obiang Mangue, watangaje ko Minisitiri w’Intebe Manuel Osa Nsue Nsua hamwe n’abaminisitiri bose bashyikirije ubwegure bwabo.

Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Obiang Mangue yavuze ko icyemezo cyo kwegura cyatewe n’umusaruro muke wa Guverinoma, nubwo yari yarahawe ubushobozi buhagije burimo amafaranga, ibikoresho n’abakozi kugira ngo ishyire mu bikorwa gahunda za Leta.

Yashimangiye ko abayobozi bagomba kubazwa inshingano bahawe hashingiwe ku musaruro bagezeho, agaragaza ko kutagera no kuri kimwe cya kabiri cy’ibyari biteganyijwe byerekana ko abaturage batabonye serivisi n’iterambere bari barasezeranyijwe.

Kwegura kw’iyi Guverinoma kugaragaza uburyo ubuyobozi bwa Guinée équatoriale bukomeje gushyira igitutu ku bayobozi bakuru kugira ngo bagaragaze ibikorwa bifatika mu guteza imbere imibereho y’abaturage no gushyira mu bikorwa gahunda za Leta.

rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nigeria Yigiye ku Rwanda Uburyo Bwo Guhashya Imitwe Yitwaje Intwaro
Next Article RDC: Isesengura Rishya ku kwaguka kwa AFC/M23 Mu Burasirazuba
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Isesengura: APR FC Izajya Gukina i Kinshasa Cyangwa CAF Ishobora Kwimurira Umukino Ahandi?

By
ICYITEGETSE Florentine
MU MAHANGAAMAKURUPOLITIKEUMUTEKANO

RDC Igiye Kurekura Imfungwa 15 Zisabwa na AFC/M23

By
ICYITEGETSE Florentine
UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Iran Yanze Igitutu Cya Trump, Ishimangira ko Umuhora wa Hormuz Ugifunze

By
ICYITEGETSE Florentine
UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

James Swan Yaburiye Loni: Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Uragenda Urushaho Kuzamba

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?