Abadepite 54 b’Abademokarate mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika basabye ubutegetsi bwa Perezida Donald…
Abantu babiri bakomeretse bikomeye, nyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) cyagabwe kuri Hotel Mwalu i Fizi-Centre, muri Teritwari…
Inzego z’ubuyobozi n’umutekano mu Ntara y’Amajyaruguru zakoze igikorwa cyo kwangiza litiro 26,000 z’urwagwa rw’Akarusho, nyuma y’uko ubugenzuzi bugaragaje…
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira rya Ebola, zirimo gukoresha…
Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika y’u Burundi bwatangaje ko bwatangiye gukurikirana mu nkiko abantu bakekwaho kugira uruhare mu bucuruzi…
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Canada, Céline Dion, yatangaje ko akomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo ubuzima bwe bube…
Umuyobozi w’Umudugudu wa Ryarubasha, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Rangiro mu Karere ka Nyamasheke, Sibomana Zachée, yeguye ku…
BPR Bank Rwanda Plc yagiranye ubufatanye na Fortis Green Housing, ikigo cy’Abanyamerika cyihariye mu bwubatsi, mu rwego rwo…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Perezida w’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC), Tomoko Akane wo mu Buyapani, hamwe…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nta biganiro cyangwa imishyikirano iri gukorwa hagati…
Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ibikorwa bya gisirikare by’iri huriro muri Komini Minembwe bigamije gukumira…
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yasabye ko Joseph Kabila na…
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Zambia yatangaje ko Perezida Hakainde Hichilema ari we wegukanye amatora ya Perezida, nyuma yo…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yavuze ko umutwe wa FDLR umaze imyaka irenga 30 uvugwa nk’uhungabanya…
Ubufaransa bwatangaje ko indege yabwo y’intambara yo mu bwoko bwa Rafale yakoze igikorwa cyo gukurikirana no kugenzura indege…
Sign in to your account