Abantu nibura batandatu, barimo abana batatu, bishwe mu gitero ubuyobozi bw'u Burusiya buvuga ko cyagabwe n'Ukraine mu karere…
Ubutaliyani bwatangaje ko bwatangiye ibiganiro n’u Rwanda ku mugambi wo gushyiraho ikigo kizajya gifasha mu gusubiza abimukira binjira…
Umunsi wo ku wa 2 Kanama ukomeje guteza impaka mu karere k’Ibiyaga Bigari, nyuma y’uko ubutegetsi bwa Repubulika…
Mu gihe intambara yo muri Sudani ikomeje hagati y’ingabo za Leta (SAF) n’umutwe wa RSF (Rapid Support Forces),…
Mu gihe intambara yo muri Sudan ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage benshi no guteza ikibazo gikomeye cy’ubutabazi, impaka ziragenda…
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gushaka inzira yo guhagarika intambara mu burasirazuba bw’igihugu, kongera…
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko iyirukanwa ry'umusirikare wayo wari mu itsinda rishinzwe kugenzura…
Senateri Evode yanenze uburyo inganda zimaze imyaka zikora inzoga zitujuje ubuziranenge zitagaragaye hakiri kareSenateri Uwizeyimana Evode yasabye ibisobanuro…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse ibikorwa by’izindi nganda 101 zikora ibinyobwa bisembuye, ndetse…
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy’inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje guteza impungenge mu Rwanda, nyuma y’uko…
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col Pacifique Kabanda, yashimangiye ko intsinzi y’ibikorwa bya USALAMA idakwiye gupimirwa gusa ku…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko umutwe wa FDLR udashobora guhabwa urubuga rwa politiki, kuko…
Hari amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Ndarumanga Muyololo Mbao, uvugwa nk'uwari uyoboye umutwe wa Wazalendo…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti, Rwanda Food and Drugs Authority (Rwanda FDA), cyatangaje ko hari inganda zikora…
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje impinduka zitandukanye zizatangira gushyirwa mu bikorwa mu mwaka w’amashuri wa 2026-2027, zirimo ivugururwa…
Sign in to your account