Monday, 27 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Gen Mubarakh Muganga Yahamagariye Abafana ba APR FC Kwirinda Kuvugiriza Induru Rayon Sports
Yaoundé Kanyankore Gilbert, Umunyabigwi Mu Mupira w’Amaguru Mu Rwanda no Mu Burundi, Yitabye Imana
Ituri: Guverineri wa Gisirikare Yategetse ko Ubusambo n’Itotezwa Kuri Bariyeri Bihagarara Burundu
Syria: Perezida Yatangaje ko Igihugu Cye Kiri Mu Biganiro Byo Kugirana Amasezerano y’Umutekano Na Israel
IRMCT Yanze Ubusabe Bwa Kambanda na Kamuhanda bwo Gufungurwa Mbere y’Igihe
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > MU MAHANGA > AFC/M23 Yemeza ko Itazava Ku Butaka Bwa RDC, Igasaba Uburenganzira Busesuye Ku Baturage Bose
MU MAHANGAAMAKURUUMUTEKANO

AFC/M23 Yemeza ko Itazava Ku Butaka Bwa RDC, Igasaba Uburenganzira Busesuye Ku Baturage Bose

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 6, 2026 10:19 am
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Mu gihe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kugaragara imirwano n’ibiganiro by’amahoro icyarimwe, ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ritazava ku butaka bwa Congo rivuga ko rifite uburenganzira bwo kuhaguma nk’abandi baturage bose.

AFC/M23 ivuga ko abarigize ari Abanyekongo bafite amateka n’imizi mu gihugu cyabo, bityo ko nta muntu ukwiye kubabuza uburenganzira bwo kubaho no gutura ku butaka bavuga ko ari ubwabo.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, iri huriro ryagaragaje ko amateka ya RDC, kuva mu gihe cy’ubwami kugeza no mu gihe cya Repubulika y’ubu, agaragaza ko abaturage bakomeje kugira isano rikomeye n’igihugu cyabo n’ubwo hari ibihe by’amakimbirane ya politiki.

AFC/M23 ivuga ko ikibazo cya Congo kitagomba gukemurwa hifashishijwe guheza bamwe mu baturage cyangwa kubima uburenganzira bwabo, ahubwo hakwiye kubaho ubwumvikane, uburinganire n’iyubahirizwa ry’ubwenegihugu bw’abaturage bose.

Iri huriro rikomeza gushimangira ko rikomeje kuba ku butaka bwa Congo, rivuga ko intego yaryo ari uguharanira uburenganzira n’ubwubahane hagati y’abaturage bose.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umugore w’imyaka 67 Yafatanywe Cocaine Yahishe mu Bitoki i Lagos
Next Article Fayulu Accepts Invitation to Bujumbura Peace Talks on DRC Crisis
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGA

RDC: FARDC na AFC/M23 Batangiye Gushyira Mu Bikorwa Amasezerano ya Doha

By
ICYITEGETSE Florentine
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGA

Moldova: Minisitiri Mushya Yeguye Ataramara Icyumweru

By
ICYITEGETSE Florentine

Rubavu:Ivy Summer Fest yongeye kuba nyuma y’ifungurwa rya Nengo Eden Park Hotel

By
Mwizerwa Ally
UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGA

Ituri: Guverineri wa Gisirikare Yategetse ko Ubusambo n’Itotezwa Kuri Bariyeri Bihagarara Burundu

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?