Sunday, 26 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Loni Muri Sudani y’Epfo Yasuye Abasirikare b’u Rwanda Bari mu Butumwa bw’Amahoro
Trump Ashinja EU Kwibasira Ibigo by’Abanyamerika, Ateguza Iperereza n’Imisoro Mishya
Bugesera Ibonye “Imbuto Hub” Izajya Itanga Serivisi ku Buntu ku Bana n’Urubyiruko
Moldova: Minisitiri Mushya Yeguye Ataramara Icyumweru
Perezida Paul Kagame Yayoboye Inama y’Abaminisitiri Yafashe Ibyemezo Bikomeye ku Iterambere
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > UMUTEKANO > Iran Yishe Abasirikare Babiri ba Amerika muri Jordanie
UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGA

Iran Yishe Abasirikare Babiri ba Amerika muri Jordanie

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 18, 2026 9:48 pm
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Abasirikare babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika baguye mu gitero cya Iran cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Amerika biri muri Jordanie, hakoreshejwe misile n’indege zitagira abapilote (drones).

Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (U.S. Central Command) bwemeje aya makuru, buvuga ko icyo gitero cyabaye ku wa Gatanu mu gihe abasirikare ba Amerika bari bahanganye n’ibitero bikomeje kugabwa na Iran.

Ni igitero kibaye mu gihe intambara hagati ya Amerika na Iran yinjiye ku munsi wa karindwi, nyuma y’uko Perezida Donald Trump atangaje ko agahenge kari karashyizweho katakiriho.

Iran yatangaje ko yagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Amerika muri Jordanie no mu bindi bice byo mu Kigobe cya Perse, ivuga ko ari ukwihorera nyuma y’ibitero Amerika yari yagabye hafi y’inzira y’amazi ya Hormuz.

Ibi bikomeje kongera impungenge z’uko amakimbirane hagati y’ibihugu byombi ashobora kurushaho gukaza umurego no gukwirakwira mu Burasirazuba bwo Hagati.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article “Bipfa Kuba Ari Umutekano w’U Rwanda Nzavuga” Perezida Kagame
Next Article Airtel Rwanda na Watu Batangiye Gahunda Yo Kugurisha Smartphone Zishyurwa Buhoro Buhoro
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

Rutshuru: Umuyobozi wa Sosiyete Sivile Yaburiwe Irengero, Abashimusi Basaba 8,000$ ngo Bamurekure

By
ICYITEGETSE Florentine

TVA ya 18% ku mahoteli: Abafite amahoteli bavuga ko urwego rwugarijwe n’igabanuka ry’abakiriya

By
Mwizerwa Ally
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

Macky Sall na Bagenzi Be Batanu Biyamamarije Kuyobora Umuryango w’Abibumbye

By
ICYITEGETSE Florentine
IMIKINOAMAKURUMU MAHANGA

Misiri Yaregeye FIFA Ishinja Abasifuzi Kuyisezerera mu Buryo Budakwiye

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?