Friday, 3 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
U Rwanda na AFC/M23 Bongeye Gufungura Umupaka wa Goma–Rubavu Nyuma y’Iminsi Myinshi Ufunzwe
James Swan Yaburiye Loni: Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Uragenda Urushaho Kuzamba
Vatican: Some Priests Excommunicated Over Rebellion Against the Pope
Vatican: Bamwe Mu Bapadiri Birukanwe Kubera Kwigomeka Kuri Papa
Drones Zigiye Guca Akajagari Ko Gutwika Imyanda Mu Rwanda
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > UMUTEKANO > KINSHASA: Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi UDPS abatavuga rumwe na Leta umugambi wo guhirika ubutegetsi
UMUTEKANOUncategorized

KINSHASA: Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi UDPS abatavuga rumwe na Leta umugambi wo guhirika ubutegetsi

ALLY Ally
Last updated: June 21, 2026 7:59 pm
ALLY Ally
Share
SHARE

Kuri uyu wa  21 Kamena 2026 Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi UDPS, Augustin Kabuya, yashinje ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta C64 gutegura imyigaragambyo yo ku wa 8 Nyakanga yari  igamije guhungabanya umutekano mu murwa mukuru wa Congo Kinshasa.

Kabuya yavuze ko C64 ishaka guteza umwuka mubi ,no gutwika ambasade ziri muri Gombe, nk’uko byabaye ku wa 28 Mutarama 2025,Kabuya yavuze ko imitwe yitwaje intwaro nka Mobondo, ikorera mu Bandundu, yaba yarashishikarijwe kwitabira ibyo bikorwa ifatanyije na C64.

Urugendo rwateguwe n’abarwanya ubutegetsi rugamije gusaba Perezida Félix Tshisekedi kwegura, bamushinja guhemukira indahiro ye y’itegeko nshinga  aho abigaragambya bitegura kugera ku Palais de la Nation  ikoreramo umukuru w’igihugu.

Ku wa 12 Kamena, habaye urundi rugendo rwaje gusubizwa inyuma na Polisi Kabuya icyo gihe yavuze ko intego yari ugutwikainzu ikoreramo inteko ishingamategeko.

Ibi birego bishya byongera ubushyamirane hagati ya Leta n’abatavuga rumwe nayo, mu gihe impungenge z’umutekano w’abahagarariye ibihugu mu Congo Kinshasa zikomeje kwiyongera.

Mwizerwa Ally

Rwandatribune

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article BREAKING NEWS: TANZANIA LAUNCHES MASS CRACKDOWN ON UNDOCUMENTED FOREIGNERS
Next Article KINSHASA: CENCO yamaganye umugambi wo guhindura itegeko nshinga
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

Ni nde ugenzura Minembwe uyu munsi? FARDC irivuga ibigwi  ko yahafashe, AFC/M23 ntiyemera iyo nsinzi?

By
ALLY Ally
MU MAHANGAUMUTEKANO

Nigeria Yigiye ku Rwanda Uburyo Bwo Guhashya Imitwe Yitwaje Intwaro

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

Israel Yatangaje Ko Yishe Umwe Mu Bayobozi Ba Islamic Jihad

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKEUMUTEKANO

Ese Intambara Yo Mu Burasirazuba Bwa RDC Iri Hafi Kurangira? Icyo Abasesenguzi Bavuga Ku Biganiro Bya Washington na Doha

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?