Tuesday, 11 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
KALEHE: Igisasu Cyahitanye Abaturage 5, FARDC na AFC/M23 baritana bamwana
Impamvu Impeta y’Ubukwe Yambarwa ku Rutoki Rwa Kane rw’Ikiganza cy’Ibumoso
Gisagara: Gitifu wa Kansi Yatawe Muri Yombi Akekwaho Guhishira Uruganda rw’Inzoga Zitujuje Ubuziranenge
Amerika: Abayobozi b’Ingabo Bibutse Abasirikare Bafite Ibikomere Bitagaragara
Ibigo bya RSB,FDA,RICA na MINISANTE byarihe kugirango havuke inganda zirenga 150 zenga inzoga zica Abaturage?
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > Uncategorized > RDC: Uburusiya bushinja Ukraine gutera inkunga M23
Uncategorized

RDC: Uburusiya bushinja Ukraine gutera inkunga M23

Mwizerwa Ally
Last updated: July 12, 2026 1:53 pm
Mwizerwa Ally
Share
SHARE

Amakuru yashyizwe ahagaragara avuga ko ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yari muruzinduko yagiriye mu Burundi , yabwiye Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye ko Uburusiya bufite amakuru yemeza ko  ubutegetsi bwa Ukraine bushobora kuba bufite imikoranire na M23.

Gusa uruhande rwa Ukraine n’umutwe wa AFC/M23 ntacyo baratangazwa ku byavuzwe na Lavrov ,abasesenguzi mu bya politiki nabo bavuga kugeza  kugeza ubu, nta kimenyetso simusiga cyerekana ubufatanye bwa Ukraine na M23.

Abasesenguzi bavuga ko k’umurongo w’urugamba hadutse isura nshya aho umutwe wa M23 waba uri gukoreshya indege nto za drone mu guhashya FARDC na Wazelendo mu bice  bigize Teritwari ya Itombwe na Fizi,

aha twavuga itangazo riherutse gushyirwa hanze na FARDC aho ryemezaga ko ibitero bya drone byibasiye umujyi wa Fizi bikica abaturage benshi,aha rero bikavugwa utwo tudege tutabonywa na Radar twaba twakuwe muri Ukraine.

Mwizerwa Ally

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ubusesenguzi: Ese koko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal  yari Umugande?
Next Article Perezida Kagame Yifatanyije na Qatar Mu Kababaro Ko Kubura Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

KINSHASA: Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi UDPS abatavuga rumwe na Leta umugambi wo guhirika ubutegetsi

By
Mwizerwa Ally
Uncategorized

RNC Yirukanye Abayobozi Batatu Bakuru, Ivuga ko Batannye ku Mahame y’Ishyaka

By
ICYITEGETSE Florentine

Abanyamakuru bakomeje guhunga: Ni ibihe bibazo bavuga ko bibugarije?

By
Mwizerwa Ally

Haribazwa impamvu Kinshasa ishaka intsinzi ya gisirikare kuruta Ibiganiro?

By
Mwizerwa Ally
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?