Monday, 27 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Gen Mubarakh Muganga Yahamagariye Abafana ba APR FC Kwirinda Kuvugiriza Induru Rayon Sports
Yaoundé Kanyankore Gilbert, Umunyabigwi Mu Mupira w’Amaguru Mu Rwanda no Mu Burundi, Yitabye Imana
Ituri: Guverineri wa Gisirikare Yategetse ko Ubusambo n’Itotezwa Kuri Bariyeri Bihagarara Burundu
Syria: Perezida Yatangaje ko Igihugu Cye Kiri Mu Biganiro Byo Kugirana Amasezerano y’Umutekano Na Israel
IRMCT Yanze Ubusabe Bwa Kambanda na Kamuhanda bwo Gufungurwa Mbere y’Igihe
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > MU MAHANGA > Ubufaransa: Ubushinjacyaha Bwasabiye Eugène Rwamucyo Gufungwa Imyaka 30
MU MAHANGAAMAKURU

Ubufaransa: Ubushinjacyaha Bwasabiye Eugène Rwamucyo Gufungwa Imyaka 30

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 15, 2026 3:46 pm
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Ubushinjacyaha mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa bwasabiye Eugène Rwamucyo igifungo cy’imyaka 30, bumushinja ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu byakozwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Rwamucyo ari kuburanishwa mu bujurire nyuma y’uko urukiko rwari rwamukatiye igifungo cy’imyaka 27.

Mu rubanza rw’ubujurire, Ubushinjacyaha bwavuze ko ibimenyetso byatanzwe bishimangira uburemere bw’ibyaha aregwa, busaba ko yakatirwa igifungo cy’imyaka 30.

Urubanza rukomeje kubera mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris, hakaba hategerejwe icyemezo kizafatwa n’urukiko nyuma yo kumva impande zombi.

Eugène Rwamucyo akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, birimo Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu.
Kugeza ubu, urukiko ntirurafata umwanzuro wa nyuma ku bujurire bwe.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kenya: Urukiko Rukuru Rwateye Utwatsi Ubusabe bw’Abarastafari bwo Kwemererwa Gukoresha Urumogi ku Mpamvu z’Idini
Next Article Iran: Haravugwa Igitero cy’Abakurude Bashyigikiwe na Amerika, Imirwano Yongeye Gukaza Umurego ku Butaka bwa Iran
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

Rubavu:Ivy Summer Fest yongeye kuba nyuma y’ifungurwa rya Nengo Eden Park Hotel

By
Mwizerwa Ally
AMAKURUMU MAHANGA

Uruhinja Rwitabiriye Inama y’Abaminisitiri ba EU, Bitangaza Benshi

By
ICYITEGETSE Florentine
MU MAHANGAUncategorized

Somaliland Yafunguye Ambasade i Yeruzalemu, Intambwe Ikomeye Mu Mubano Na Israel

By
ICYITEGETSE Florentine
UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGA

Nyuma y’Urupfu rw’Abasirikare Bayo, Amerika Mu Mugambi Wo Kurimbura Iran

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?