Monday, 27 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Gen Mubarakh Muganga Yahamagariye Abafana ba APR FC Kwirinda Kuvugiriza Induru Rayon Sports
Yaoundé Kanyankore Gilbert, Umunyabigwi Mu Mupira w’Amaguru Mu Rwanda no Mu Burundi, Yitabye Imana
Ituri: Guverineri wa Gisirikare Yategetse ko Ubusambo n’Itotezwa Kuri Bariyeri Bihagarara Burundu
Syria: Perezida Yatangaje ko Igihugu Cye Kiri Mu Biganiro Byo Kugirana Amasezerano y’Umutekano Na Israel
IRMCT Yanze Ubusabe Bwa Kambanda na Kamuhanda bwo Gufungurwa Mbere y’Igihe
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > POLITIKE > Trump Ashaka Ko Perezida wa FIFA Asimbura António Guterres Kuyobora Loni
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGA

Trump Ashaka Ko Perezida wa FIFA Asimbura António Guterres Kuyobora Loni

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 23, 2026 9:14 am
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari gushyigikira igitekerezo cy’uko Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yaba Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye (Loni), asimbuye António Guterres uzarangiza manda ye mu mpera za 2026, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru The New York Post.

Amakuru avuga ko Trump asanga Infantino afite uburambe bukomeye mu kuyobora umuryango mpuzamahanga ugizwe n’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru arenga 200, bityo akaba yanashobora kuyobora Loni igizwe n’ibihugu 193. Abamushyigikiye bavuga ko ubushobozi bwe bwo guhuza ibihugu bitandukanye bwamugira umukandida ukwiriye.

Bivugwa kandi ko umubano wa Trump na Infantino warushijeho gukomera mu gihe cyo gutegura no kwakira Igikombe cy’Isi cya 2026, ari na byo byatumye Trump atangira kumubonamo umuntu wakongerera Loni imbaraga nshya.

Icyakora, kugeza ubu Gianni Infantino ntaratangaza ko yifuza uwo mwanya. Nanone, kugira ngo abe Umunyamabanga Mukuru wa Loni bisaba kubanza kwemezwa n’Inama y’Umutekano ya Loni, hanyuma agatorwa n’Inteko Rusange, bityo icyifuzo cya Trump cyonyine nticyaba gihagije ngo bimugire umuyobozi wa Loni.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article RDC: Tshisekedi Yatangaje Abazitabira Ibiganiro by’Igihugu, M23 Isigara Hanze
Next Article Amerika na Arabiya Sawudite Byasinye Amasezerano Akomeye ku Ngufu za Kirimbuzi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

POLITIKEAMAKURUMU MAHANGA

Trump Yahisemo Nicholas Checker Kuzaba Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda

By
ICYITEGETSE Florentine
MU MAHANGA

Vatican: Bamwe Mu Bapadiri Birukanwe Kubera Kwigomeka Kuri Papa

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUUMUTEKANO

Muhanga:Umuyobozi w’Ishuri Yazize Igitero cy’Abagizi ba Nabi

By
ICYITEGETSE Florentine
MU MAHANGAAMAKURUUMUTEKANO

Genève: Inama Yahuje U Rwanda na RDC Yibanze kuri FDLR

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?