Tuesday, 25 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Urukingo rwa mRNA Rushobora Guhindura Ahazaza h’Ubuvuzi Bwa Kanseri
Kagame: Umupira w’u Rwanda ugomba kuva mu Kajagari
Kagame ku Bafunga Inganda z’Inzoga: “Abantu Barapfa, ese Turashaka Inganda Cyangwa Abakozi Bazikoramo Bagahitanwa n’Ibyo Bakora?”
Papa Léon XIV Yasabye Amahanga Kongera Imbaraga mu Kurwanya Ebola Muri RDC
Uganda n’u Burundi Byatangiye Ibiganiro ku Butumwa bw’Amahoro Muri Gaza
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > AMAKURU > Intara y’Iburasirazuba: Abayobozi 100 Birukanwe Bazira Gukingira Ikibaba Abakora Inzoga Zitujuje Ubuziranenge
AMAKURU

Intara y’Iburasirazuba: Abayobozi 100 Birukanwe Bazira Gukingira Ikibaba Abakora Inzoga Zitujuje Ubuziranenge

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: August 6, 2026 9:19 am
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yatangaje ko abayobozi bagera ku 100 bamaze kwirukanwa bazira uburangare no gukingira ikibaba abakora n’abacuruza inzoga zitujuje ubuziranenge.

Mu birukanwe harimo ba Mudugudu 56, abashinzwe umutekano 15, ba SEDO bane (4) n’abajyanama b’ubuzima batandatu (6), mu rwego rwo kubazwa inshingano zo kutarwanya ibikorwa bishyira ubuzima bw’abaturage mu kaga.

Guverineri Rubingisa yavuze kandi ko ubuyobozi bwihaye icyumweru kimwe gusa kugira ngo inzoga zose zabujijwe zibe zimaze gukurwa mu baturage, ashimangira ko abazazihisha cyangwa abazazifasha gukomeza gukwirakwizwa bazabihanirwa.

Iki cyemezo kije mu gihe u Rwanda rukomeje ubukangurambaga bukomeye bwo guca burundu inzoga zitujuje ubuziranenge, nyuma y’aho inzego zibishinzwe zifunze inganda nyinshi ndetse zikanakuraho ibicuruzwa bitujuje ibisabwa n’amategeko, mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abaturage.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Isesengura: Ni gute hakombaga  kurengerwa ubuzima bw’abaturage, ariko hakanabungabungwa ishoramari ryashowe mu nganda zenga Inzoga?
Next Article AFC/M23 Yatangaje ko Yashyizeho Urwego Rushya Rushinzwe Ubutabera n’Uburenganzira Bwa Muntu Mu Bice Igenzura
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Burundi:APDR Yahisemo Uzahangana na Ndayishimiye mu Matora ya Perezida

By
ICYITEGETSE Florentine
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGA

Ubufaransa Bwashyigikiye Ibiganiro by’Igihugu Bihuriweho na Bose Biteganyijwe muri RDC

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUPOLITIKEUMUTEKANO

Kigali Yakiriye Inama Nyafurika Yiga ku Burenganzira bw’Abagore n’Abana Bafunze

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGA

Inyandiko ya 1996 Yongeye Gukongeza Impaka ku Nkomoko ya FDLR

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?