Monday, 24 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Urukingo rwa mRNA Rushobora Guhindura Ahazaza h’Ubuvuzi Bwa Kanseri
Kagame: Umupira w’u Rwanda ugomba kuva mu Kajagari
Kagame ku Bafunga Inganda z’Inzoga: “Abantu Barapfa, ese Turashaka Inganda Cyangwa Abakozi Bazikoramo Bagahitanwa n’Ibyo Bakora?”
Papa Léon XIV Yasabye Amahanga Kongera Imbaraga mu Kurwanya Ebola Muri RDC
Uganda n’u Burundi Byatangiye Ibiganiro ku Butumwa bw’Amahoro Muri Gaza
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > IMIKINO > Kagame: Umupira w’u Rwanda ugomba kuva mu Kajagari
IMIKINOAMAKURU

Kagame: Umupira w’u Rwanda ugomba kuva mu Kajagari

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: August 24, 2026 6:04 pm
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yavuze ko iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rikwiye gutangirira ku guhindura imikorere n’imyumvire bigaragara muri uyu mukino.

Abajijwe uko abona umupira w’amaguru mu Rwanda n’icyakorwa kugira ngo urusheho gutera imbere, Perezida Kagame yavuze ko hari imyitwarire n’imikorere bikwiye kuvugururwa.

Yagarutse ku bantu bajya mu byo kuraguza no mu bapfumu, abandi bakishora mu matiku no mu ntambara, ndetse anenga uburyo bamwe mu bakinnyi bashobora gushyira imbere isura yabo aho kwibanda ku mukino.

Ati: “Barajya mu marozi bakajya kuraguza mu bapfumu, bakajya mu matiku, bakajya mu ntambara, abakinnyi gukina umupira bigahinduka gukaraga imisatsi.”

Perezida Kagame yavuze ko adashaka kwivanga muri ibyo bibazo mu gihe bikiri mu kajagari, ahubwo ko ababishinzwe bagomba kubanza kubikemura.

Ati: “Ibyo sinabijyamo. Nimuhagarika mukava muri ako kajagari, nzagaruka.”

Perezida Paul Kagame Kandi Yavuze ko hari abakiri bato bishimiye Gukina umupira bityo ko bagomba gutegura neza bakaba abakinnyi Bafite umuco.

Ibi yabivuze ubwo yasubizaga ikibazo cy’umunyamakuru wifuzaga kumenya icyo asanga cyakorwa kugira ngo umupira w’amaguru mu Rwanda urusheho gutera imbere.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kagame ku Bafunga Inganda z’Inzoga: “Abantu Barapfa, ese Turashaka Inganda Cyangwa Abakozi Bazikoramo Bagahitanwa n’Ibyo Bakora?”
Next Article Urukingo rwa mRNA Rushobora Guhindura Ahazaza h’Ubuvuzi Bwa Kanseri
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

AFC/M23 Yagaragaje ko Ibikorwa Byayo Muri Minembwe Bigamije Gukumira Ubwicanyi nk’Ubwa Gatumba

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURU

Impamvu Impeta y’Ubukwe Yambarwa ku Rutoki Rwa Kane rw’Ikiganza cy’Ibumoso

By
ICYITEGETSE Florentine

TVA ya 18% ku mahoteli: Abafite amahoteli bavuga ko urwego rwugarijwe n’igabanuka ry’abakiriya

By
Mwizerwa Ally
POLITIKEAMAKURU

Perezida Kagame Yagizwe Umwe mu Bayobozi ba Komisiyo ya Loni ku Bwenge Buhangano

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?