Wednesday, 26 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Umuyobozi wa CIA yagiriye uruzinduko rw’ibanga i Moscow mu gihe Amerika n’Uburusiya bashaka inzira y’ibiganiro
Inkongi Yahitanye Abantu 3, Inzu Zirenga 200 Zirakongoka i Bukavu
Abantu 8 bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’inzoga zitemewe
Dolly Parton, Icyamamare mu Muziki wa Country, Yapfuye Afite Imyaka 80
AU Igiye Guteranira i Luanda ku kongera Imbaraga mu Gukumira no Gukemura Amakimbirane
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > AMAKURU > AFC/M23 Yatangaje ko Yashyizeho Urwego Rushya Rushinzwe Ubutabera n’Uburenganzira Bwa Muntu Mu Bice Igenzura
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

AFC/M23 Yatangaje ko Yashyizeho Urwego Rushya Rushinzwe Ubutabera n’Uburenganzira Bwa Muntu Mu Bice Igenzura

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: August 6, 2026 9:42 am
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Ihuriro Alliance Fleuve Congo-M23 (AFC/M23) ryatangaje icyemezo cyo gushyiraho Umukuru w’Ishami ushinzwe Ubutabera n’Uburenganzira bwa Muntu hamwe n’abamwungirije babiri, mu rwego rivuga ko rugamije gukomeza kubaka no gutunganya inzego z’imiyoborere mu bice rigenzura.

Nk’uko bigaragara mu cyemezo No. 115/COORD-POL/AFC-M23/SB/2026, ubuyobozi bwa AFC/M23 buvuga ko bwashingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku nyandiko shingiro z’iri huriro ndetse no ku myanzuro ya komisiyo yari ishinzwe gutangiza gahunda yo kongera kubaka urwego rw’ubutabera mu bice bwise “Territoires libérés”.

Icyo cyemezo kivuga ko gushyiraho uru rwego bigamije gufasha abaturage kubona ubutabera, guteza imbere uburinganire imbere y’amategeko no gushyigikira ubwiyunge n’ituze.

Iyi ntambwe ni imwe mu zigaragaza uburyo AFC/M23 ikomeje gushyiraho inzego z’ubutegetsi n’ubuyobozi mu duce igenzura, mu gihe ikibazo cy’uburasirazuba bwa RDC gikomeje gushakirwa umuti binyuze mu nzira za dipolomasi n’ibiganiro by’amahoro.

Ku rupapuro rwa mbere rw’iki cyemezo nta mazina y’abashyizwe muri iyo myanya agaragara; ayo ategerejwe kuba ari ku mapaji akurikira.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Intara y’Iburasirazuba: Abayobozi 100 Birukanwe Bazira Gukingira Ikibaba Abakora Inzoga Zitujuje Ubuziranenge
Next Article U Rwanda Rwongeye Kwakira Abasaba Ubuhungiro 177 Baturutse Muri Libya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

POLITIKEAMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

Fayulu Accepts Invitation to Bujumbura Peace Talks on DRC Crisis

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Congo: Kiliziya Gatolika n’Abalayiki Bashyize Igitutu ku Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga

By
ICYITEGETSE Florentine
MU MAHANGAAMAKURUUMUTEKANO

Abagabo Babiri Batawe Muri Yombi Muri Malawi Bazira Amahembe y’Inzovu

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

IRGC Yatangaje ko Yishe Abarwanyi Bitwaje Intwaro Muri Sistan na Baluchestan

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?