Thursday, 20 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Abadepite 54 bo muri Amerika basabye Trump kurushaho gusobanura amasezerano ya RDC ku mabuye y’agaciro
Fizi: Igitero Cya Drones Cyibasiye Hotel Mwalu, Abantu 2 Barakomereka
Rulindo:Litiro 26,000 z’Urwagwa rw’Akarusho Zamenwe Nyuma y’Ubugenzuzi
RDC: Guverinoma Yashyizeho Amasomo Akoreshwa n’Ikoranabuhanga mu Duce 18 Turi mu Byago bya Ebola
Burundi: Ubucuruzi Butemewe Bw’Intwaro, Urwitwazo Rushya Rwo Rukurikirana Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi?
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > MU MAHANGA > RDC Igiye Kurekura Imfungwa 15 Zisabwa na AFC/M23
MU MAHANGAAMAKURUPOLITIKEUMUTEKANO

RDC Igiye Kurekura Imfungwa 15 Zisabwa na AFC/M23

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: August 5, 2026 10:29 am
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko buri mu myiteguro yo kurekura abantu 15 bari ku rutonde rw’abasabwe n’ihuriro AFC/M23, ariko muri bo hakaba hatarimo abigeze gukatirwa urwo gupfa.

Abo bantu bamaze gukurwa mu magereza atandukanye yo mu Mujyi wa Kinshasa, bajyanwa i Beni muri Kivu y’Amajyaruguru, aho bamaze igihe kirenga ukwezi bategereje gushyikirizwa AFC/M23.

Amasezerano yasinyiwe i Doha muri Qatar ateganya ko Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (ICRC) ari yo igomba gufasha mu ihererekanyabubasha ry’imfungwa hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC.

Iyi gahunda yo kurekura abantu 15 ikurikiye indi yari yarumvikanyweho hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC mu rwego rw’amasezerano ya Doha, aho impande zombi zari zaragaragaje ubushake bwo kurekura bamwe mu bafunzwe.

Nubwo icyo cyemezo cyafashwe nk’intambwe igamije kubaka icyizere hagati y’impande zihanganye, ishyirwa mu bikorwa ryacyo rikomeje kugenda buhoro kubera ibibazo by’umutekano n’ubuzima, birimo n’icyorezo cya Ebola cyugarije bimwe mu bice bya Kivu y’Amajyaruguru.

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nelly Mukazayire Yashimiye Rayon Sports Nyuma yo Kugera ku Mukino wa Nyuma wa CECAFA
Next Article Raporo Igaragaza ko Ishyirwa Mu Bikorwa ry’Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Ryahagaze kuri 35%
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGA

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Loni Muri Sudani y’Epfo Yasuye Abasirikare b’u Rwanda Bari mu Butumwa bw’Amahoro

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURU

IRMCT Yanze Ubusabe Bwa Kambanda na Kamuhanda bwo Gufungurwa Mbere y’Igihe

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURU

Kigali, Rabat na Tunis Biri Mu Mijyi Ya Afurika Yorohereza Abaturage Kubona Amazu

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUUMUTEKANO

Muhanga:Umuyobozi w’Ishuri Yazize Igitero cy’Abagizi ba Nabi

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?