Thursday, 20 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
APR FC na Les Aigles du Congo: Umutekano n’Amarushanwa ya CAF, ni Iki Kigomba Kubanziriza Ibindi?
Abadepite 54 bo muri Amerika basabye Trump kurushaho gusobanura amasezerano ya RDC ku mabuye y’agaciro
Fizi: Igitero Cya Drones Cyibasiye Hotel Mwalu, Abantu 2 Barakomereka
Rulindo:Litiro 26,000 z’Urwagwa rw’Akarusho Zamenwe Nyuma y’Ubugenzuzi
RDC: Guverinoma Yashyizeho Amasomo Akoreshwa n’Ikoranabuhanga mu Duce 18 Turi mu Byago bya Ebola
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > AMAKURU > uBurundi bugiye kurimbuka nka Nineve:Padiri Sadiki Kenemana
AMAKURUMU MAHANGAUncategorized

uBurundi bugiye kurimbuka nka Nineve:Padiri Sadiki Kenemana

Mwizerwa Ally
Last updated: August 10, 2026 5:59 pm
Mwizerwa Ally
Share
SHARE

ibyaha by’ubwicanyi,ubusahuzi nibyo bigiye gutuma igihugu gisenyuka kandi Imana ntishobora kurebera ngo bigume bityo

mu gitambo cya Misa yasomewe Radio Maria kuri uyu wa gatanu Padiri Mukuru wa Ngozi Sadiki Kenemana, yaburiye Ubuyobozi bw’uBurundi ko busabwa guhindura imikorere bitaba ibyo ibyago bikazasohorera k’ubwo butegetsi.

Padiri Kenimana yagendeye k’ubuhanuzi bwa Nahumu wo muri Bibiliya aho Imana yasabye abatuye umujyi wa Ninive guhinduka barabyanga nyuma Imana iza kurimbura uwo mujyi.

Padiri Kenimana avuga ko ibyaha byuzuye mu Burundi bidatandukanye nibyakorerwaga i Ninive,yagize ati:ntagahora gahanze muri iki gihugu usanga abantu biciwe mu mashyamba,abanda bakanyuruzwa,ubusahuzi bw’umutugo buranganje,ihohoterwa ndetse no kudaha abaturage ubwigenge ibyo byose byuzuye muri iki gihugu.

Ati:ubujura kumena amaraso,gushyira abantu mu bwihebe ibyo byose bizashyira kuko nta gahora gahanze.

Padiri Sadiki akaba asaba abarundi kwihangana kuko igihe kigeze ayo makuba agahagarara,ibi bije mu gihe nta joro ryirenga abantu badashimuswe ng’abandi bicwe mu gihugu cy’uBurundi,aho abantu banyagwa abanda bagahohoterwa n’imbonerakure urubyiruko rukoreshwa n’Ishyaka riri k’ubutegetsi NCDD FDD.

Mwizerwa Ally

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article RIB yemeje ko Ntihanabayo wa Ingufu Gin n’abandi bakoze ’ibyuma’ bafunzwe
Next Article Walikare:Hadutse Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 na Wazalendo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

UMUTEKANOAMAKURUPOLITIKE

Gen Muhoozi Kainerugaba Yageze i Kigali mu Ruzinduko Rwo Kuganira ku Bufatanye Bwa Gisirikare

By
ICYITEGETSE Florentine

Ubwongereza:mu mvururu za Politiki: Keir Starmer Ari ku muryango wo Kwegura

By
Mwizerwa Ally
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Burundi: Ese Urugendo rwa Ndayishimiye Rugiye Gukemura Ikibazo cy’Imishahara Y’Ingabo Ze Ziri Muri Congo?

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

Etiyopiya ikuye ingabo zayo i Burhakaba, umujyi wo muri Somalia ukikijwe n’abarwanyi

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?