Monday, 27 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Gen Mubarakh Muganga Yahamagariye Abafana ba APR FC Kwirinda Kuvugiriza Induru Rayon Sports
Yaoundé Kanyankore Gilbert, Umunyabigwi Mu Mupira w’Amaguru Mu Rwanda no Mu Burundi, Yitabye Imana
Ituri: Guverineri wa Gisirikare Yategetse ko Ubusambo n’Itotezwa Kuri Bariyeri Bihagarara Burundu
Syria: Perezida Yatangaje ko Igihugu Cye Kiri Mu Biganiro Byo Kugirana Amasezerano y’Umutekano Na Israel
IRMCT Yanze Ubusabe Bwa Kambanda na Kamuhanda bwo Gufungurwa Mbere y’Igihe
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > POLITIKE > Perezida w’Inteko ya Cameroun Mu Majwi Nyuma yo Guha Umukobwa we Akazi
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGA

Perezida w’Inteko ya Cameroun Mu Majwi Nyuma yo Guha Umukobwa we Akazi

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 8, 2026 7:18 pm
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Cameroun, Théodore Datouo, ari mu bibazo bikomeye nyuma yo gushyira umukobwa we, Marlène Audrey Datouo Leussi, mu bagize ibiro bye nk’umukozi ushinzwe ubutumwa bwihariye (chargée de mission).

Iri shyirwaho ryateje impaka zikomeye mu gihugu, aho benshi bamushinja gukoresha ububasha bwe mu guha akazi uwo bafitanye isano ya hafi, ibintu bifatwa nka nepotisme (gutonesha abo mu muryango).

Ibi bibaye mu gihe Inteko Ishinga Amategeko ya Cameroon yitegura inama ikomeye izasuzumirwamo gahunda y’ubukungu n’ingengo y’imari y’igihugu y’igihe cya 2027–2029.

Kuva yatangira kuyobora Inteko muri Werurwe uyu mwaka, Théodore Datouo yari yaragaragaje isura y’umuyobozi ushaka impinduka.
Gusa, iki cyemezo cyo guha umukobwa we umwanya ukomeye mu biro bye cyatumye bamwe batangira kwibaza ku miyoborere ye, ndetse kigabanya icyizere yari amaze kubaka nk’umuyobozi uvugurura imikorere y’iki kigo.

rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Olusegun Obasanjo n’Inama Nkuru ya Kiliiziya Nibo Bafitiwe Ivyizere Mu Buhuza:DRC
Next Article Iran Itangaje ko Abasirikare Umunani Bahitanywe n’Ibitero Ishinja Amerika
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

MU MAHANGAAMAKURU

Ubufaransa: Ubushinjacyaha Bwasabiye Eugène Rwamucyo Gufungwa Imyaka 30

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Uganda:Igisilikare Cya UPDF Cyafunze NTV Uganda, Spark TV na Daily Monitor

By
ICYITEGETSE Florentine
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGAUMUTEKANO

RDC: CENCO na ECC Batangiye Kugisha Inama Abanyapolitiki ku Mushinga wa Tshisekedi

By
ICYITEGETSE Florentine
UMUTEKANOAMAKURUMU MAHANGA

Intambara Yakajije Umurego: Amerika Yagabye Ibindi Bitero Kuri Iran

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?