Sunday, 26 Jul 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Umuriro Udasanzwe Ukomeje Kwibasira Ubufaransa na Espagne, Abarenga 300.000 Bamaze Kwimurwa
Ubutabera:Matayo Ngirumpatse Wakatiwe Burundu Yongeye Gusaba IRMCT Kumufungura Kubera Uburwayi n’Izabukuru
Ubushinwa Bwasabye Ko Ibihugu Bihagarika Kwigarurira Umutungo w’Ibindi Hakoreshejwe Ibihano n’Igitutu Cya Gisirikare
RDC: Impuguke Bob Kabamba Yagaragaje Impungenge Ku Biganiro Bya Politiki Bya Tshisekedi
AFC/M23 Yafashe Icyemezo ku Bayobozi Bafite Ibikoresho Bya Gisirikare
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > POLITIKE > Perezida Kagame Yavuze ko Buri Munyarwanda Agomba Kugira Icyo Aha Igihugu Cye
POLITIKEAMAKURU

Perezida Kagame Yavuze ko Buri Munyarwanda Agomba Kugira Icyo Aha Igihugu Cye

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 17, 2026 9:02 pm
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yavuze ko iterambere ry’Igihugu rishingiye ku ruhare rwa buri Munyarwanda, ashimangira ko buri wese akwiye kugira icyo atanga mu kubaka Igihugu nk’uko na cyo kimugirira akamaro.

Mu butumwa yatanze, Perezida Kagame yagaragaje ko gukunda Igihugu no kugikorera bitagomba kugarukira ku nyungu umuntu akigiraho, ahubwo ko buri wese afite inshingano zo kukigenera umusanzu we.

Yagize ati: “Ikindi ni umuhate, ugomba kugira ikintu icyawe.
Igihugu cyawe, ugomba kugira icyo… Igihugu kigira icyo kiguha, ugomba kugira icyo ugiha.

Ibisigaye ni politiki zisanzwe, zituma abantu batera imbere ndetse bateza Igihugu imbere.”

Yasobanuye ko umuhate, inshingano no kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere ari byo bituma abaturage batera imbere ku giti cyabo, bikanafasha Igihugu kugera ku ntego zacyo z’iterambere rirambye.

Ubu butumwa buje bwibutsa Abanyarwanda ko kubaka Igihugu ari inshingano za buri wese, aho buri muturage asabwa gukoresha ubushobozi afite mu guteza imbere imibereho ye ndetse n’iy’Igihugu muri rusange.

Amosi Twagiramungu

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Tanzania: Umurundi Akurikiranyweho Guhimba Indangamuntu ya NIDA n’Ikarita y’Itora
Next Article RDC: AFC/M23 Ivuga ko Yafashe Uduce Dutatu Nyuma y’Ibihano Bya Loni
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

AMAKURU

U Rwanda na AFC/M23 Bongeye Gufungura Umupaka wa Goma–Rubavu Nyuma y’Iminsi Myinshi Ufunzwe

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGA

Ebola Yo muri RDC Yageze mu Bufaransa, Umuganga wa Mbere Yanduye

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGA

Venezuela Yibasiwe N’Umutingito 32 Barapfa Abarenga 700 Bakomeretse

By
ICYITEGETSE Florentine
POLITIKEAMAKURU

Bill Gates ari mu Rwanda Mu Ruzinduko Rugamije Kureba Iterambere ry’Ubuzima n’Ikoranabuhanga

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?