Tuesday, 11 Aug 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
KINYARWANDA
ENGLISH
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
KALEHE: Igisasu Cyahitanye Abaturage 5, FARDC na AFC/M23 baritana bamwana
Impamvu Impeta y’Ubukwe Yambarwa ku Rutoki Rwa Kane rw’Ikiganza cy’Ibumoso
Gisagara: Gitifu wa Kansi Yatawe Muri Yombi Akekwaho Guhishira Uruganda rw’Inzoga Zitujuje Ubuziranenge
Amerika: Abayobozi b’Ingabo Bibutse Abasirikare Bafite Ibikomere Bitagaragara
Ibigo bya RSB,FDA,RICA na MINISANTE byarihe kugirango havuke inganda zirenga 150 zenga inzoga zica Abaturage?
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > POLITIKE > Perezida Kagame Yavuze ko Buri Munyarwanda Agomba Kugira Icyo Aha Igihugu Cye
POLITIKEAMAKURU

Perezida Kagame Yavuze ko Buri Munyarwanda Agomba Kugira Icyo Aha Igihugu Cye

ICYITEGETSE Florentine
Last updated: July 17, 2026 9:02 pm
ICYITEGETSE Florentine
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yavuze ko iterambere ry’Igihugu rishingiye ku ruhare rwa buri Munyarwanda, ashimangira ko buri wese akwiye kugira icyo atanga mu kubaka Igihugu nk’uko na cyo kimugirira akamaro.

Mu butumwa yatanze, Perezida Kagame yagaragaje ko gukunda Igihugu no kugikorera bitagomba kugarukira ku nyungu umuntu akigiraho, ahubwo ko buri wese afite inshingano zo kukigenera umusanzu we.

Yagize ati: “Ikindi ni umuhate, ugomba kugira ikintu icyawe.
Igihugu cyawe, ugomba kugira icyo… Igihugu kigira icyo kiguha, ugomba kugira icyo ugiha.

Ibisigaye ni politiki zisanzwe, zituma abantu batera imbere ndetse bateza Igihugu imbere.”

Yasobanuye ko umuhate, inshingano no kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere ari byo bituma abaturage batera imbere ku giti cyabo, bikanafasha Igihugu kugera ku ntego zacyo z’iterambere rirambye.

Ubu butumwa buje bwibutsa Abanyarwanda ko kubaka Igihugu ari inshingano za buri wese, aho buri muturage asabwa gukoresha ubushobozi afite mu guteza imbere imibereho ye ndetse n’iy’Igihugu muri rusange.

Amosi Twagiramungu

Rwandatribune.rw

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Tanzania: Umurundi Akurikiranyweho Guhimba Indangamuntu ya NIDA n’Ikarita y’Itora
Next Article RDC: AFC/M23 Ivuga ko Yafashe Uduce Dutatu Nyuma y’Ibihano Bya Loni
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

UMUTEKANOAMAKURU

Col Pacifique Kabanda: Insinzi ya USALAMA Ntigomba Gupimirwa Ku Mubare w’Abafashwe Husa

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Tshisekedi Yatangije RDC-Pass: Ese Umwirondoro wa Digitale Uzahindura Imikorere ya Leta muri RDC?

By
ICYITEGETSE Florentine
POLITIKEAMAKURUMU MAHANGA

Addis Ababa: Hatangiye Inama ya 49 y’Akanama ka AU, Afurika Isabwa Kongera Ubushobozi Bwo Guhangana n’Ibibazo By’Isi

By
ICYITEGETSE Florentine
AMAKURUMU MAHANGA

Umunyamakuru wa FOX13 Memphis Yasobanuye Impamvu Yasinziriye Ari Gutangaza Amakuru

By
ICYITEGETSE Florentine
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?