Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col Pacifique Kabanda, yashimangiye ko intsinzi y’ibikorwa bya USALAMA idakwiye gupimirwa gusa ku mubare w’abafashwe cyangwa uw’ibyafatiriwe, ahubwo ko igomba gushingira ku bufatanye burambye bwubatswe…
Bigirankana Aloys wamenyekanye muri Salus Populi,mu ndirimbo nasezeye ku Rukundo n’izindi ndirimbo zakunzwe yatabarutse Muri…
Inkongi ikomeye yadutse mu nyubako z’ubucuruzi zizwi nka Galerie Ndayizamba na Galerie Le Parisien, mu…
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri 7,188 bagaragaweho gukopera mu bizamini bisoza amashuri abanza by’umwaka…
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gihembwe cy’imvura y’Umuhindo wa…
ISLAMABAD — Pakistan yatangaje ko ishobora gushyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano ifitanye na Saudi Arabia, mu gihe ibitero…
Ingabo za Yemen zasabye abaturage kwirinda gukoresha umuhanda wa Taiz–Mokha kugeza igihe hazatangirwa andi mabwiriza, mu gihe impungenge z’umutekano muri…
Imirwano ikomeye yongeye kubura mu gace ka Walikale, muri Kivu y’Amajyaruguru, aho abarwanyi ba AFC/M23 bahanganye n’ingabo za Repubulika Iharanira…
Indege yari itwaye Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ivuye muri Moldova yerekeza muri Norvège, yahuye n’ikibazo cy’umutekano cyatewe n’impuruza y’indege…
Abarwanyi ba AFC/M23 bigaruriye uduce twa Kikoma, Ngomashi na Karembera, two muri Groupement Nyamaboko 1er, muri Teritwari ya Masisi, nyuma…
Imirwano yabereye mu bice bya Miko, Kaleta na Remeka, muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ntabwo yahinduye…
Umutwe w’Abahouthi bo muri Yemen, uzwi nka Ansarullah, watangaje ko wahanuye indege ebyiri zitagira abadereva zakoreshwaga n’ingabo za Arabiya Sawudite…
Abaturage bo mu midugudu ya Kanguli, Masunga na Nakiehele, iherereye muri Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri…
Sign in to your account