UMUTEKANO

Your Trusted Source for Accurate and Timely Updates!

Our commitment to accuracy, impartiality, and delivering breaking news as it happens has earned us the trust of a vast audience. Stay ahead with real-time updates on the latest events, trends.

Just for You

Uganda:Igisilikare Cya UPDF Cyafunze NTV Uganda, Spark TV na Daily Monitor

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yiyemereye ko ariwe watanze itegeko ryo gufunga…

Ubusesenguzi: Ese koko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal  yari Umugande?

Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda…

Maroc Yanyagiye Canada, Igera Muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi

Ikipe y'igihugu ya Maroc yabaye iya mbere igeze muri 1/4 cy'Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma…

Iran:Uwari Perezida Mahmoud Ahmadinejad Arashinjwa Gukorana na Mossad

Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano…

Lasted UMUTEKANO

RDC: CENCO na ECC Batangiye Kugisha Inama Abanyapolitiki ku Mushinga wa Tshisekedi

Ibikorwa bya politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bikomeje kwibanda ku mushinga w'ibiganiro bihuza impande zose (Dialogue National…

Abagabo Babiri Batawe Muri Yombi Muri Malawi Bazira Amahembe y’Inzovu

Polisi yo mu gace ka Nchalo, mu Karere ka Chikwawa muri Malawi, yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gutunga mu…

Abasenateri ba Amerika Basabye Washington Kongera Imbaraga Mu Gushakira Amahoro RDC n’u Rwanda

Abasenateri batanu ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Umunyamabanga wa Leta, Marco Rubio, bamusaba gusobanura uko ubutegetsi bwa Amerika…

Kamonyi: Minibisi Yagonganye n’Ikamyo Ihitana Abantu 9, Abandi 12 Barakomereka

Abantu icyenda bahasize ubuzima mu mpanuka ikomeye yabereye mu Murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi, kuri iki Cyumweru tariki ya…

Iran: Amerika Yongeye Kugaba Ibitero Nyuma y’Uko Abasirikare Babiri Bayo Bishwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yarangije ijoro rya munani rikurikiranye igaba ibitero ku butaka bwa Iran, nyuma y'uko…

Iran Yishe Abasirikare Babiri ba Amerika muri Jordanie

Abasirikare babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika baguye mu gitero cya Iran cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Amerika biri…

“Bipfa Kuba Ari Umutekano w’U Rwanda Nzavuga” Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudashobora kwemera gukuraho ingamba zarwo z'ubwirinzi mu gihe impamvu rwazifashe zitarakemuka, ashimangira ko…

Nyuma y’imyaka isaga 30 y’amakimbirane: Ese ibihano byahinduye iki mu Burasirazuba bwa RDC?

Mu gihe ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gikomeje kumara imyaka isaga 30, hakomeje kwibazwa…