Saturday, 13 Jun 2026
  • My Feed
  • My Interests
  • My Saves
  • History
  • News
Subscribe
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Hot News
Amerika nihitamo intambara tuzakomeza kurwana:Iran
Kinshasa: abantu 10 bapfuye, 15 baburirwa irengero abandi 176 bakomeretse
Kinshasa:Umwuka mubi wa Politiki guceceka kw’amahanga ku nyugu z’amabuye y’agaciro
Font ResizerAa

RWANDA TRIBUNE

Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
RWANDA TRIBUNE > News > Uncategorized > Amerika nihitamo intambara tuzakomeza kurwana:Iran
Uncategorized

Amerika nihitamo intambara tuzakomeza kurwana:Iran

ALLY Ally
Last updated: June 13, 2026 1:36 pm
ALLY Ally
Share
SHARE

Iran iravuga ko yiteguye gukomeza kwirwanaho mu gihe cyose Amerika izakomeza gukangisha intambara

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko amasezerano impande zombi ziri gutegura agamije guhagarika intambara yitezweho gukemura ibibazo byinshi birimo no gufungura inzira ya Hormuz.

Aya masezerano amaze igihe aganirwaho ariko atarashyirwaho umukono anakubiyemo ibyo gukemura intambara imaze iminsi muri Liban n’izindi ntambara.

Abbas Araghchi yabwiye Televiziyo y’Igihugu ko amasezerano azanareba ku bindi bishobora kuvamo umwuka mubi hagati ya Amerika na Iraa, Amerika ikazagomba kwandika itangazo ryemeza ko yubaha ubusugire bwa Iran.

Ati “Ubushotoranyi bugomba guhagarara, kandi Abanya-Iran bagomba kubahwa.”

Uyu muyobozi yavuze ko Iran yiteguye gusubira mu ntambara niba Amerika ari cyo gisubizo ihisemo.

Ati “Mu gihe ingingo zikubiye mu masezerano y’imikoranire zaba zitubahirijwe, amasezerano ya nyuma ntabwo azasinywa.”

Intambara yari yubuye hagati ya Iran na Amerika yahagaze ku wa 11 Kamena nyuma y’uko Trump amenyeshejwe ko abari mu biganiro hari intambwe bamaze gutera.

Impande zombi zihamya ko amasezerano yo guhagarika intambara azasinywa vuba nubwo hatazwi umunsi nyirizina.

Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kinshasa: abantu 10 bapfuye, 15 baburirwa irengero abandi 176 bakomeretse
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You Might Also Like

Kinshasa:Umwuka mubi wa Politiki guceceka kw’amahanga ku nyugu z’amabuye y’agaciro

By
ALLY Ally
Facebook Twitter Youtube Rss Medium

About US

RWANDA TRIBUNE News: Your instant connection to breaking stories and live updates. Stay informed with our real-time coverage across politics, tech, entertainment, and more. Your reliable source for 24/7 news.

Top Categories
  • AMAKURU
  • AMATANGAZO
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UMUTEKANO
Usefull Links

© RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.

© 2026 RWANDA TRIBUNE. KENT SHIELD. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?