POLITIKE

Your Trusted Source for Accurate and Timely Updates!

Our commitment to accuracy, impartiality, and delivering breaking news as it happens has earned us the trust of a vast audience. Stay ahead with real-time updates on the latest events, trends.

Just for You

Ubusesenguzi: Ese koko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal  yari Umugande?

Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda…

Maroc Yanyagiye Canada, Igera Muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi

Ikipe y'igihugu ya Maroc yabaye iya mbere igeze muri 1/4 cy'Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma…

Iran:Uwari Perezida Mahmoud Ahmadinejad Arashinjwa Gukorana na Mossad

Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano…

New Pressure on Peace Talks: UN Extends Sanctions on DRC Until 2027

The United Nations Security Council has adopted a resolution extending sanctions linked to insecurity in…

Lasted POLITIKE

Uvila: Sosiyete sivile iratabariza abaturage ho abantu bakomeje kwicwa abandi bakaburirwa  irengero

Ingabo za Leta FARDC na Wazalendo barashyirwa mu majwi mu bwicanyi bukomeje guca ibintu mu mujyi wa Uvila Sosiyete Sivile…

Nduhungirehe: “Ibihano Ntibizahagarika Urugendo Rw’Amahoro Hagati y’u Rwanda na RDC”

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane w'u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ibihano biherutse gufatirwa u Rwanda bitazahungabanya inzira y'ibiganiro bigamije kugarura…

James Swan Yaburiye Loni: Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Uragenda Urushaho Kuzamba

Uhagarariye Umunyamabanga Mukuru wa Loni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), James Swan, yatanze raporo ye ya mbere imbere…

Mozambique: Perezida Chapo Yasabye Ibyihebe Bya Cabo Delgado Kwinjira Mu Biganiro By’Amahoro

Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, arasoza uruzinduko rwe mu Ntara ya Cabo Delgado kuri uyu wa Kane, mu gihe ibikorwa…

Uganda: Nyuma y’Igitutu cya Sena ya Amerika, Gen Muhoozi Yatangiye Ibiganiro na Nation Media Group

Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangiye ibiganiro n'ubuyobozi bwa Nation Media Group (NMG), nyuma y'iminsi mike Komite…

Uganda: Following Pressure from the U.S. Senate, Gen Muhoozi Opens Talks with Nation Media Group

The Chief of Defence Forces of Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, has begun discussions with the leadership of Nation Media Group…

Congo: Kiliziya Gatolika n’Abalayiki Bashyize Igitutu ku Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga

Inama y’Intumwa z’Abalayiki Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CALCC) yagaragaje ko ishyigikiye byimazeyo icyemezo cy’Inama y’Abepisikopi Gatolika CENCO…

Igitutu Gishya Ku Biganiro By’Amahoro:Loni Yongereye Ibihano Kuri RDC Kugeza 2027

Akanama k’Umutekano ka United Nations Security Council kafashe icyemezo cyo kongera igihe cy’ibihano bifitanye isano n’umutekano muke mu burasirazuba bwa…