Itsinda ry'Abasenateri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryandikiye Umunyamabanga wa Leta, Marco Rubio, rimusaba gutanga ibisobanuro ku cyerekezo cya dipolomasi ya Washington ku makimbirane akomeje kubera hagati y'u Rwanda…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yiyemereye ko ariwe watanze itegeko ryo gufunga…
Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda…
Ikipe y'igihugu ya Maroc yabaye iya mbere igeze muri 1/4 cy'Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma…
Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano…
The Catholic Bishops’ Conference in the Democratic Republic of the Congo has expressed disagreement with the government’s plan to revise…
Inama y’Abepiskopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko itemeranya na Leta ku mugambi wo kuvugurura Itegeko Nshinga,…
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ku mugaragaro ko yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe ndetse no ku buyobozi…
Ishyaka riri ku butegetsi muri Ethiopia, Prosperity Party, ryatsinze amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ku bwiganze bukomeye, nyuma yo kwegukana…
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije gushimangira…
U Rwanda na Afurika y’Epfo byageze ku masezerano yo korohereza abaturage b’ibihugu byombi ingendo, aho biteganyijwe ko mu gihe kitarenze…
U Rwanda na Afurika y’Epfo byatangaje ko bigiye kongera gushimangira umubano wabyo no kwagura ubufatanye mu nzego zitandukanye, mu rwego…
Holden Álvaro Roberto ni umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu rugamba rwo kubohora Angola ku ngoma y’abakoloni ba Portugal.…
Sign in to your account