Abana 27 bari mu Igororero ry’Abana rya Nyagatare biteguye gukora ibizamini bya Leta, mu gihe bakomeje guhabwa amahirwe yo gukomeza amashuri no kwiyubaka. Aba bana bari muri iri gororero bakomeje…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kugaba ibitero ku birindiro n'ibikoresho bya gisirikare bya Iran mu ijoro rya gatatu rikurikirana, mu gikorwa kigaragaza ko umwuka mubi hagati y'ibihugu byombi ukomeje…
Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano w'ibanga n'urwego rw'ubutasi rwa Isirayeli, Mossad, nubwo kugeza ubu nta bimenyetso byigenga birayemeza. Nk'uko byatangajwe…
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yagiranye amasezerano n'Umunyamerika Erik Prince, washinze sosiyete y'umutekano ya Blackwater, agamije gufasha iki gihugu kongera amafaranga ava mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro no…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Doha muri Qatar aho yagiye kwifatanya n’Umuyobozi w’Ikirenga w’iki gihugu, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, n’umuryango we mu muhango wo…
Guverinoma y’u Rwanda yunamiye Senateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, witabye Imana, imwibukiraho uruhare yagize mu guteza imbere umubano hagati ya Amerika na Afurika, ndetse no mu…
Guverinoma ya Ukraine yasubije u Burusiya bwayishinje kuba iri mu bihugu biha ubufasha umutwe wa M23 ugenzura ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika…
Ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga byongeye kuzamuka ku kigero kirenga 4%, nyuma y'uko intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ikomeje gufata indi ntera, ibintu…
Intambara ikomeje guhuza Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe indi ntera, nyuma y'uko Iran igabye ibitero mu bihugu bitandatu byo mu Burasirazuba bwo Hagati, ivuga ko yari igamije…
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yihanganishije Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, n'Abanya-Qatar muri rusange, nyuma y'urupfu rwa Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani wahoze…
Amakuru yashyizwe ahagaragara avuga ko ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yari muruzinduko yagiriye mu Burundi , yabwiye Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye ko Uburusiya bufite amakuru yemeza…
Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda Mu biganiro ku mateka y'u Rwanda n'akarere k'Ibiyaga Bigari, hamaze iminsi hari impaka ku nkomoko…
Umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani wongeye gukaza umurego nyuma y'uko impande zombi zigabye ibitero bishya, mu gihe Tehran yatangaje ko yafunze Umuhora wa Hormuz,…
Qatar iri mu gahinda nyuma y'urupfu rwa Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani, wahoze ayobora iki gihugu akaba yitabye Imana ku myaka 74. Mu itangazo ryasohowe kuri iki Cyumweru, Ibiro…
Iran yongeye gushimangira ko Umuhora wa Hormuz utazafungurwa kugeza igihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizahagarikira ibyo Tehran ivuga ko ari ibikorwa byo kwivanga mu bibazo by'akarere. Ibi byatangajwe n'Ingabo…
Ishyirwaho rya Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye, nk'umuhuza mukuru w'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), rikomeje gukurura impaka no…


Guess words from 4 to 11 letters and create your own puzzles.

Create words using letters around the square.

Match elements and keep your chain going.

Play Historic chess games.
Sign in to your account