Abana 27 bari mu Igororero ry’Abana rya Nyagatare biteguye gukora ibizamini bya Leta, mu gihe bakomeje guhabwa amahirwe yo gukomeza amashuri no kwiyubaka. Aba bana bari muri iri gororero bakomeje…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yiyemereye ko ariwe watanze itegeko ryo gufunga…
Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda…
Ikipe y'igihugu ya Maroc yabaye iya mbere igeze muri 1/4 cy'Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma…
Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano…
Perezida Paul Kagame n'Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, bagaragaye bakinana umukino wa Basketball mu gihe Gen Muhoozi…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, yageze i Kigali ku wa Gatandatu mu ruzinduko rw’akazi rugamije kugirana…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (Loni) mu Butumwa bwo Kubungabunga Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Maj. Gen. Junhui Wu, yasuye…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubutegetsi bwe bugiye gutangiza iperereza ku bikorwa by'Umuryango w'Ubumwe…
Umuryango Imbuto Foundation watangije gahunda nshya yiswe “Imbuto Hubs”, izaba igizwe n’ibigo bizajya bitangirwamo serivisi zitandukanye zigamije guteza imbere imiryango…
Minisitiri w’Ubuhinzi wa Moldova, Radu Musteata, yeguye ku mwanya we nyuma y’iminsi itatu gusa arahiriye kuwukora, nyuma y'uko havutse impaka…
Inama y’Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Urusobe rw’Ibinyabuzima (Rwanda Nature Foundation - RNF), inafata ibyemezo bitandukanye bigamije guteza…
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangiye ibikorwa bya dipolomasi bigamije gushaka inkunga mpuzamahanga kuri gahunda yo gusenya…
Sign in to your account