Urukiko Rukuru rwa Kenya rwatesheje agaciro ubusabe bw'umuryango w'Abarastafari wasabaga ko abanyamuryango bawo bemererwa gukoresha urumogi ku mpamvu z'imyemerere y'idini. Urukiko rwavuze ko abatanze ikirego batagaragaje ibimenyetso bihagije byerekana ko…
Ikipe y'igihugu ya Maroc yabaye iya mbere igeze muri 1/4 cy'Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma…
Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda…
Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano…
Mu gihe hagiye humvikana inkuru z'abanyamakuru bavuga ko bahunze u Rwanda kubera impungenge z'umutekano, hari…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, bashyize umukono ku masezerano y’agateganyo…
Ukraine yakajije umurego mu bitero byayo by’indege zitagira abapilote (drones) ku bikorwa remezo by’ingufu by’u Burusiya, aho ijoro ryo ku…
Washington/Tehran Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran zageze ku masezerano y’agateganyo agamije kugabanya umwuka mubi wari umaze igihe hagati…
Guverinoma ya Kenya yatangiye gahunda yo guha icyubahiro cyihariye nyakwigendera Raila Odinga, umwe mu banyapolitike bagize uruhare rukomeye mu mateka…
Inteko Ishinga Amategeko n’Inama Nkenguzamateka by’u Burundi byasabye Guverinoma gushyiraho urwego rwihariye rw’ubutabera ruzakurikirana abantu bakekwaho kugira uruhare mu bwicanyi…
Inyandiko y’ibanga yagaragaje ibyari mu masezerano ari kuganirwaho hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yakanguye impaka zikomeye…
Imirwano irakomeje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igihugu cyahindutse indiri y'imitwe yitwaje intwaro , ibi bituma abasesenguzi bagira ibishya…
Guverinoma yose ya Guinée équatoriale yeguye ku mirimo yayo nyuma yo kunengwa ko yananiwe kugera ku ntego yari yarahawe, aho…
Sign in to your account