Urukiko Rukuru rwa Kenya rwatesheje agaciro ubusabe bw'umuryango w'Abarastafari wasabaga ko abanyamuryango bawo bemererwa gukoresha urumogi ku mpamvu z'imyemerere y'idini. Urukiko rwavuze ko abatanze ikirego batagaragaje ibimenyetso bihagije byerekana ko…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yiyemereye ko ariwe watanze itegeko ryo gufunga…
Hongeye kuvuga impaka zemeza ko uwahoze ari Perezida w’uRwanda Habyarimana Juvenal yaba akomoka muri Uganda…
Ikipe y'igihugu ya Maroc yabaye iya mbere igeze muri 1/4 cy'Igikombe cy'Isi cya 2026 nyuma…
Muri Iran hakomeje kuvugwa amakuru akomeye ashinja uwahoze ari Perezida Mahmoud Ahmadinejad kuba yaragiranye umubano…
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yatangaje ku mugaragaro ishyaka rishya rya politiki ryiswe Republican Patriots, mu gikorwa cyashimangiye ko…
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kimaze amajoro abiri gikurikiranya kitagaba ibitero bishya kuri Iran, mu gihe ubutegetsi bwa…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (Loni) mu Butumwa bwo Kubungabunga Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Maj. Gen. Junhui Wu, yasuye…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubutegetsi bwe bugiye gutangiza iperereza ku bikorwa by'Umuryango w'Ubumwe…
Minisitiri w’Ubuhinzi wa Moldova, Radu Musteata, yeguye ku mwanya we nyuma y’iminsi itatu gusa arahiriye kuwukora, nyuma y'uko havutse impaka…
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangiye ibikorwa bya dipolomasi bigamije gushaka inkunga mpuzamahanga kuri gahunda yo gusenya…
Ku wa Kane habaye ikiganiro rusange (town hall meeting) cyahuje abakandida batandatu bahatanira kuyobora Umuryango w'Abibumbye (Loni), kibaha amahirwe yo…
Umupasiteri w’Umunyamerika Scott Winters w’imyaka 55, ukorera umurimo w’ivugabutumwa muri Leta ya Florida, yareze sosiyete OpenAI ndetse n’Umuyobozi Mukuru wayo…
Sign in to your account